“Yemwe basambanyi, namwe basambanyikazi, ntimuzi yuko ubucuti bw’ibyisi butera kwangwa n’Imana? Nuko rero umuntu wese ushaka kuba incuti y’iby’isi, aba yihinduye umwanzi w’Imana.” Yakobo 4:4 “Ntimugakunde iby’isi cyangwa ibiri mu isi. Umuntu nakunda iby’isi, gukunda Data wa twese ntikuba kuri muri we” I Yohana 2: 15
Paulo yigeze kwirata avuga ngo kuri we, iby’isi ,abibona nk’ ibibambwe, na byo bikamubona nk’ubambwe . Bisobanuye ko atari byo bifite umwanya wa mbere mu buzima bwe, bitamutegeka, (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Ntimuzi yuko ubucuti bw’iby’isi butera kwangwa n’Imana
4 March 2013, by Alice Rugerindinda -
Muhima : Abaturage barinubira urusengero rwubakwa hagati y’ingo zabo
7 October 2013, by UbwanditsiAbaturage bo mu mudugudu w’Indamutsa akagari ka Tetero, mu murenge wa Muhima akarere ka Nyarugenge, amarira ni yose nyuma yaho umuyobozi w’itorero Impuhwe z’Imana, Buhangu Vincent atangiye kuzamurira inyubako y’urusengero rwe rwagati mu ngo z’abaturage .
Uru rusengero rwa Buhangu Vincent ruhana imbibi n’aho atuye muri uyu mudugudu, aho abaturanyi be bavuga ko rubabangamira kubera urusaku rwinshi ruturuka muri uru rusengero mu gihe abayoboke be basenga. Ngurwo urusengero ruzamurwa hafi y’ingo (...) -
UBUHAMYA: IMANA YANKIJIJE UBUMUGA BWO KUTABONA – Colette NIYONSABA
15 January 2014, by UbwanditsiNitwa NIYONSABA Colette, navutse mu mwaka 1970 mvukira mu kagari ka Kawangire, umurenge wa Rukara, akarere ka Kayonza mu ntara y’Uburasirazuba, ni naho nashakiye umugabo witwa HAKIZIMANA Francois ubu dufitanye abana 9. Dukora umurimo w’ubuhinzi. Ubusanzwe navukiye mu muryango w’Abakristo, mbaho nk’abandi bose ariko igihe kigeze numva nshaka gukorera Imana. Nakiriye Kristo mu mwaka w’2005, nsenga Imana cyane kuko numvaga nshaka kuba umukozi wayo w’ukuri. Imana yarabikoze, inyakira nk’umukozi (...)
-
Twirinde akamenyero! igice cya 2. Pasteur Desire Habyarimana
8 September 2013, by Pastor Desire Habyarimana1 Samweli 4:10-11 Abisilayeri baraneshwa bikomeye n’isanduku y’ Imana iranyagwa.
Amagambo dusomye, Abisirayeli bagiye ku rugamba bazi ko Imana ari iyabo kandi bahorana intsinzi, kuko ngo bagiye basize n’isanduku y’isezerano. Bari bazi ko bazahora batsinda, nyamara batazi ko Imana igiye kubamara akamenyero. Bagezeyo baratsindwa bikomeye, baravugana ngo tujye kuzana isanduku kuko dutsinzwe kubwo kutagira isanduku, bayizanye na bwo baratsindwa cyane, barapfa n’isanduku barayinyaga.
Hari igihe (...) -
Siko bizaba ntawo mu bamutegereza uzakorwa n’isoni
24 March 2016, by Alice RugerindindaUwiteka ni wowe ncururira umutima, Mana yanjye ni wowe niringiye. Ne gukorwa n’isoni. Abanzi banjye be kunyishima hejuru. Siko bizaba , mu bagutegereza nta wuzakorwa n’isoni, abava mu masezerano ari nta mpamvu , nibo bazakorwa n’isoni. Zaburi 25: 1-3
Éternel! J`élève à toi mon âme Mon Dieu! En toi je me confie, que je ne sois pas couvert de honte! Que mes ennemis ne se réjouissent pas à mon sujet! Tous ceux qui espèrent en toi ne seront point confondus; Ceux-là seront confondus qui sont infidèles (...) -
Ijambo ry’ Umunsi
6 November 2012, by Ubwanditsi‘’Erega nzi ibyo nibwira nzabagirira! Ni amahoro si bibi, kugira ngo mbareme umutima w’ibyo muzabona hanyuma. Niko Uwiteka avuga.’’ Yeremiya 29 :11
-
Uko Imana ibona gusharira, n’uburakari n’umujinya Pastor Jacques
4 February 2016, by Pastor Desire Habyarimana"Gusharira kose n’uburakari n’umujinya n’intonganya, no gutukana hamwe n’igomwa ryose bibavemo. "(Efeso:4:31)
Gusharira, umujinya n’uburakari byombi Bibiliya ibigaragaza nk’icyaha, cyangiza urukundo n’imibanire y’abantu ndetse kibangamira no gukura ko mumwuka. Kutihana ibi byaha biteza agahinda Umwuka Wera , biha Satani urwaho mu buzima bwawe, bituma umucyo wawe uhinduka umwijima imbere y’abandi (ubuhamya),byangiza ubumwe bw’umubiri wa Kristo.
I. Uko Imana ibona gusharira, n’uburakari n’umujinya. (...) -
Alexis Dusabe ni muntu ki?
17 June 2013, by UbwanditsiAlexis DUSABE ni umuririmbyi w,indirimbo z’ubutumwa bwiza bwa Kristo YESU, Umuhimbyi ,umwanditsi kandi ni umucuranzi wa clavier. Yavutse mu 1978 avukira i kigali/Nyarugenge afite abavandimwe 2,Alexis ni uwa 2 mubo bavukana. Alexis DUSABE ntiyahiriwe no gukomeza kubana n’ababyeyi kuko yakuriye muri Orphelinat !
Arubatse akaba afitanye abana 4 na Carine INGABIRE ,bombi ni abakristo b’itorero rya ADEPR/NYARUGENGE. Alexis DUSABE mu buzima busanzwe akora mu kigo cy’ubwishingizi kitwa CORAR (muri (...) -
Umukristo yatandukana ate n’ umupagani? Ernest
26 October 2015, by Ernest RutagungiraUwiteka Imana yawe nimara kukujyana mu gihugu ugiye guhindura ikirukana amahanga menshi imbere yawe, Abaheti n’Abagirugashi …..kandi Uwiteka Imana yawe nimara kuyakugabiza ukayatsinda , uzabarimbure rwose. ntuzagira isezerano usezerana nabo ….kuko bahindura Umuhungu wawe ntayoborwe nanjye,ahubwo agakorera izindi mana ibyo bigatuma wikongereza uburakari bw’Uwiteka, akakurimbura vuba.( gutegek 7:1-4)
Uyu ni umuburo wahawe ubwoko bw’Abisilayeli, Imana ibihanangiriza ko nibamara kugirirwa neza nayo (...) -
Wirinde ntuzibagirwe Uwiteka Imana yawe!
4 March 2016, by Alice Rugerindinda“Numara kurya ugahaga, ukamara kubaka amazu meza ukayabamo, inka zawe n’imikumbi yawe,n’ifeza zawe n’izahabu zawe n’ibyo ufite byose bikaba bigwiriye, uzirinde umutima wawe we kwishyira hejuru ngo wibagirwe Uwiteka Imana yawe yagukuye mu gihugu cya Egiputa…..” Gutegeka kwa kabiri 8 :11- 15
Imana itugirire neza cyane. Aya magambo yavuzwe na Mose arimo kwihanangiriza abisirayeli ngo ubwo bazamara kugera mu gihugu cy’isezerano, bamaze kwibagirwa inzira y’ubutayu, uburetwa bw’abanyegiputa bazirinde (...)
0 | ... | 2040 | 2050 | 2060 | 2070 | 2080 | 2090 | 2100 | 2110 | 2120 | ... | 3150