Uwiteka Imana yawe nimara kukujyana mu gihugu ugiye guhindura ikirukana amahanga menshi imbere yawe, Abaheti n’Abagirugashi …..kandi Uwiteka Imana yawe nimara kuyakugabiza ukayatsinda , uzabarimbure rwose. ntuzagira isezerano usezerana nabo ….kuko bahindura Umuhungu wawe ntayoborwe nanjye,ahubwo agakorera izindi mana ibyo bigatuma wikongereza uburakari bw’Uwiteka, akakurimbura vuba.( gutegek 7:1-4)
Uyu ni umuburo wahawe ubwoko bw’Abisilayeli, Imana ibihanangiriza ko nibamara kugirirwa neza nayo (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Umukristo yatandukana ate n’ umupagani? Ernest
26 October 2015, by Ernest Rutagungira -
Wirinde ntuzibagirwe Uwiteka Imana yawe!
4 March 2016, by Alice Rugerindinda“Numara kurya ugahaga, ukamara kubaka amazu meza ukayabamo, inka zawe n’imikumbi yawe,n’ifeza zawe n’izahabu zawe n’ibyo ufite byose bikaba bigwiriye, uzirinde umutima wawe we kwishyira hejuru ngo wibagirwe Uwiteka Imana yawe yagukuye mu gihugu cya Egiputa…..” Gutegeka kwa kabiri 8 :11- 15
Imana itugirire neza cyane. Aya magambo yavuzwe na Mose arimo kwihanangiriza abisirayeli ngo ubwo bazamara kugera mu gihugu cy’isezerano, bamaze kwibagirwa inzira y’ubutayu, uburetwa bw’abanyegiputa bazirinde (...) -
Imana ikoresha n’abahererezi!
5 October 2012, by UbwanditsiGideyoni aramusubiza ati: ’Ariko uwiteka abisirayeli nabakirisha iki? Iwacu ko turi aboroheje, mu muryango wa Manase, nkaba ndi umuhererezi mu nzu ya data yose?’ Abacamanza 6-15
Abisirayeli bakora ibyangwa n’ uwiteka, uwiteka abahana mu maboko y’abamidiyani imyaka irindwi, ni uko abamidiyani banesha abisirayeli batera abisirayeli gushaka aho kwihisha mu bihanamangabyo mu misozi, no mu mavumo , no mu bihome.
Ni uko abisirayeli bariheba cyane ku bw’abamidiyani, baherako batakambira uwiteka maze (...) -
Ibintu 4 byaranze igitaramo cya Besalel Choir !
3 March 2014, by Simeon NgezahayoIgitaramo cya Besalel Choir ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya ADEPR Gatenga, umudugudu wa Murambi cyo kuri iki cyumweru 2/03/2014 cyagaragayemo ibyiza byinshi. Bimwe muri byo reka tubagezeho 4 bikurikira:
1. MCs
Neema M. Jeanne & Innocent [Photo/ibyishimo.com]
Concert yayobowe n’aba MC 2 ari bo Innocent Kubwimana unaririmba muri Besalel, na Neema Marie Jeanne ukora ibiganiro bya gospel kuri Radio Authentique 92.8 FM. Iyi concert itangira, wabonaga bibereye amaso uburyo (...) -
bafite ubumuga bw’ibibari bagiye kuvurirwa ubuntu muri CHUK
21 February 2013, by UbwanditsiUmuryango mpuzamahanga w’abakorerabushake witwa “Operation Smile” ufatanije n’ibitaro bikuru bya Kigali CHUK hamwe na sosiyete y’itumanaho MTN, bazavura abafite ubumuga bw’ibibari ku buntu guhera tariki 22/02-02/03/2013.
Kuvura ibibari bizabera ku bitaro bya CHUK i Kigali, kandi iyi servisi izakorwa ku buntu; abarwayi bakazajya bavurwa hakurikijwe ubukana bw’uburyo umuntu yazahaye kurusha abandi, nk’uko bitangazwa n’umuyobozi w’ibikorwa bya Operation smile muri Afurika, Kia Guarino.
Ati: “Icyo (...) -
Ese Vashiti yari ari mu kuri ?
10 September 2013, by Felicite NzohabonayoEse Vashiti yari mu kuri? ( Esteri 1 : 12) « Ariko umwamikazi Vashiti yanga kuzanwa n’itegeko ry’umwami yamutegekesheje inkone ze…
Vashiti hari icyo yashinjaga umwami Ahasuérus Ahasuérus yari yasinze igihe yatumagaho umugore we ngo aze abashyitsi bamurebe. Nta mu mama ushimishwa nuko umutware we asinda. Hano nibaza ko Ahasuérus mu bisanzwe mu gihe yabaga yasinze yavugaga amagambo nk’ayo umusinzi, n’inyifatire ye yabaga itabereye umwami. Vashiti ahitamo kwanga, kuko yari azi uko umugabo we (...) -
Ufite inyota? (Igice cya 1) - Xavier Lavie
9 April 2016, by Simeon Ngezahayo"Zaburi iyi yahimbiwe umutware w’abaririmbyi. Ni indirimbo ya bene Kora yahimbishijwe ubwenge. Nk’uko imparakazi yahagizwa no kwifuza imigezi, ni ko umutima wanjye wahagizwa no kukwifuza Mana!" Zaburi 42: 1-2.
"Zaburi ya Dawidi yahimbye ubwo yari ari mu butayu bw’i Buyuda. Mana, ni wowe Mana yanjye ndazindukira kugushaka, umutima wanjye umutima wanjye ukugirira inyota, umubiri wanjye ugukumburira mu gihugu cyumye." Psaumes 63:1-2.
Izi zaburi uko ari ebyiri ziratwereka abantu babiri basengera (...) -
UBuhamya: Imana yankijije urwango rwo mu mutima. Edith Umugiraneza
17 April 2014, by Umugiraneza EdithUmwuka w’ Imana aherutse kungenderera,numva ngize ubwoba cyane. Nibukijwe ukuntu nyuma ya Genocide kubera agahinda n’intimba by’ibyo nabonye cyangwa nabayemo, numvaga nifuzako kugirango numve ko ndenganuwe Imana yakwica uwitwa umugambanyi n’ umwicanyi wese igatsemba. Bitabaye ibyo nkumva mu Rwanda igihano cy’urupfu cyabaho akaba aricyo bakorera aba genocidaires bose. Nakomeje mbibona muri ubwo buryo nkabyifuza muri ubwo buryo.
Ngaca imanza zo mu mutima ndetse naho nkirijwe ibyo bintu (...) -
Abagore basengera muri ADEPR ururembo rw’ umujyi wa Kigali bakoze igiterane.
18 June 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa gatandatu taliki ya 16/06/2012 abagore bo mu itorero rya ADEPR ururembo rw’ umujyi wa Kigali bakoze igiterane gifite intego igira iti: Nuko bene data, ndabinginga ku bw’ imbabazi z’ Imana mutange imibiri yanyu, ibe ibitambo bizima byera bishimwa n’ Imana, ari uko kuyikorera kwanyu gukwiriye. Kandi ntimwishushanye nab’ iki gihe, ahubwo muhinduke rwose mugize imitima mishya kugira ngo mumenye neza ibyo Imana ishaka, ari byo byiza bishimwa kandi bitunganye rwose.Aya magambo akaba (...)
-
Natanzwe kwa Satani, mara imyaka 8 mbabazwa ariko Imana yarankijije!
9 August 2013, by UbwanditsiNitwa Anne IRADUKUNDA, ndifuza kubaha ubuhamya bw’ibyo Imana yankoreye.
Navutse tariki 05/10/1994, ntangira guhura n’ibimbabaza kuva nkiri umwana, ariko simenye inkomoko yabyo. Ubwa mbere nakoze impanuka, amagufwa yo mu itako acikamo kabiri, banshyiramo tige ntangira kugendera ku mbago, ariko igihe kigeze Imana inkorera igitangaza ndakira.
Maze kuugira imyaka 11 (hari mu w’2006) nafashwe n’amarozi, kandi bwagendaga buhindura isura mu bihe bitandukanye. Nabanje kujya ngagara intoki, (...)
0 | ... | 2050 | 2060 | 2070 | 2080 | 2090 | 2100 | 2110 | 2120 | 2130 | ... | 3150