Gutinya bigaragarira abadafite icyo kibazo nk’ikintu kidafite icyo gitwaye. Kandi ni ikibazo gishobora kubangamira ubuzima, gishobora kuzanira umwana ubwoba budasanzwe, kugira isoni mu buryo budasanzwe ( panique), Noneho rero, ababyeyi bose bakunda abana babo baba bashaka kubafasha kugira ngo bave muri icyo kibazo cyo gutinya kandi batazi uburyo bakoresha kugira ngo babigereho.
Si byizan,guha akato umwana ufite ikibazo cyo gutinya. Hari ijambo ribi umubyeyi aba akwiye kwirinda : kubwira (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Wafasha ute umwana ufite ikibazo cyo gutinya (Timidite).
13 June 2012, by Kiyange Adda-Darlene -
Ese waba uzi bimwe mu bituma kwifata binanirana n’uko byacika ?
26 October 2015, by Ernest RutagungiraUbusambanyi ni ikibazo cyugarije isi yose, ari urubyiruko, abubatse ingo ndetse n’abapfakazi, kubw’ibi byatumye za leta z’isi yose harimo n’u Rwanda zihaguruka zitanga umutungo mwinshi kugirango barebe ko abantu babureka cyangwa se byibura ngo bakumire ingaruka ziterwa nabwo, ariko ikigaragara ni uko abantu bamaze kubona ko kwifata ari inzozi.
Bimwe mu bibazo bijya bigora abantu ni ukuvura indwara nabi, akaba ari nayo mpamvu ikibazo cyo kwifata cyangwa icyo ababishobora bakora, kitari (...) -
Ibintu by’Ingenzi Umukristo ushaka kubaka urwe yakwitondera...
13 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu Migani 13:20 haratubwira hati "Ugendana n’abanyabwenge azaba umunyabwenge na we, ariko mugenzi w’abapfu azabihanirwa." Ubushakashatsi bwerekanye ko umusore cyangwa inkumi wubaka urugo rwiza umubona kare, ibyo ahanini bikagaragarira mu mibereho ye akiri n’iwabo. Ubwo bushakashatsi bwerekanye bimwe mu bintu wakwitondera niba ushaka kuzubaka urwawe rugakomera.
Dore bimwe mu byo ubwo bushakashatsi bwerekanye:
1.Nubona umusore cyangwa inkumi uba ahandi ugasanga hamuguye neza kuruta iwabo, (...) -
Imbaraga z’ijambo
12 November 2015, by Innocent KubwimanaIkintu cyose Imana yaremye yaravugaga ngo habeho Urugero: Itangiriro 1:3 - Imana iravuga iti "Habeho umucyo", umucyo ubaho. Ariko igeze kumuntu iravuga iti "Tureme" umuntu mu ishusho yacu,ase natwe Itang1:26
Aha Imana yaduhaga ububasha bwo kuvuga bikaba, nkuko nayo ivuga bikaba niyo mpamvu nk’umukristo udakwiye kwitesha agaciro wivugaho, amagambo adafite aho ahuriye n’umugambi w’Imana kuri wowe!
Kristo iyo yageraga aho bapfushije yavugaga ijambo rizura,yageraga aho bababaye agasiga baseka (...) -
Icyaha kibi cya Akani - Jeff Simms
6 March 2014, by Simeon NgezahayoYosuwa 7:3-13,24-25 [Ni uko Uwiteka abwira Yosuwa ati “Byuka. Ni iki gitumye ugwa wubamye? Abisirayeli baracumuye kuko baciye ku itegeko ryanjye nabategetse, bagatwara ku bintu byashinganywe, bakabyiba kirengagiza, ndetse bakabishyira mu bintu byabo… Ni uko Akani mwene Karumi mwene Zabudi mwene Zera wo mu muryango wa Yuda, arafatwa.”]
Ubwoko bw’Imana bumaze kunesha Yeriko, bwateye kuri Ayi yari mu burasirazuba bwa Beteli. Yosuwa ni we wari umuyobozi w’Abisirayeli, Imana yaramwimitse mu cyimbo (...) -
Mwemerere agufate ukuboko arakwambutsa iyo nyanja
19 November 2013, by UbwanditsiPetero aramusubiza ati “Mwami niba ari wowe, untegeke nze aho uri ngendesha amaguru hejuru y’amazi, aramusubiza ati “Ngwino.” Petero ava mu bwato, agendesha amaguru hejuru y’amazi ngo asange Yesu. Ariko abonye umuyaga ko ari mwinshi aratinya, atangiye kurengerwa arataka ati “Databuja nkiza.”Uwo mwanya Yesu arambura ukuboko kwe aramufata, aramubwira ati “Yewe ufite kwizera guke we, ni iki gitumye ushidikanya?” Baratambuka bajya mu bwato, umuyaga uratuza. Abari mu bwato baramupfukamira, baramubwira (...)
-
Ijambo ry’ umunsi
25 October 2012, by UbwanditsiNzabashumbusha imyaka inzige zariye, n’ iyariwe n’ uburima n’ ubuzikira na kagungu, za ngabo zanjye zikomeye nabateje. Kandi muzarya muhage, muhimbaze izina ryanjye ry’ Uwiteka Imana yanyu kuko yabakoreye ibitangaza, kandi ubwoko bwanjye ntibuzongera gukorwa n’ isoni ukundi. Muzamenya yuko ndi mu Bisirayeli, kandi yuko ari jye Uwiteka Imana yanyu, nta yindi ibaho. Ni ukuri ubwoko bwanjye ntibuzongera gukorwa n’ isoni ukundi Yoweli (...)
-
Imiti ikoreshwa mu kuvura Diabete ishobora no gutuma umubare w’uturemangingo tw’ubwonko twiyongera
22 July 2012, by UbwanditsiUmuti witwa La Metformine, ukoreshejwe igihe kitari gito mu kuvura indwara ya Diabete yo mu bwoko bwa kabiri, bimaze kugaragara ko utera ubwiyongere bw’uturemangingo dufite akamaro k’ubwonko, bikaba bitanga ikizere mu guhangana n’indwara zibasiraga kwangirika k’uturemangingo tw’ubwonko (maladies neurodégénératives).
Nk’uko bitangazwa na le Figaro, ngo metformine ni wo muti magingo aya ukoreshwa cyane mu kuvura diabete yo mu bwoko bwa kabiri, ndetse n’imikorere yawo ikomeje gutungura abashakasahtsi. (...) -
Nzahora ntanga ubu buhamya iminsi yose nkiriho … – Cindy
30 May 2013, by Simeon NgezahayoNarahiye ko igihe cyose nkiriho nzahora ntanga ubu buhamya. Musaza wanjye mukuru witwa Jonah ni umubyeyi w’abana 3 beza. N’ubwo afite umugisha mwinshi kuruta uko yabyibwira, yanze gukizwa. Ndamwibuka rimwe ambwira ko aramutse asenze byamuzanira ibyago. Ku wa 12 Nzeli 2012, yakoze impanuka y’imodoka ikomeye. Imodoka yaramugonze imumena ubugabo.
Nahagaze mu kwizera, n’ubwo abaganga bihereranye ababyeyi banjye mu cyumba bakabasaba kwitegura ko agiye gupfa [kuko ingingo ze n’umubiri bitari (...) -
Korare Messengers yateguye igiterane kidasanzwe kuri iki cyumweru kuri ADEPR Gahanga
25 July 2012, by UbwanditsiKorari Messengers yateguye igiterane kudasanzwe kuri uyu wa gatandatu no ku cyumweru byatumye twegera umuyobozi wayo Flavien Yadusoneye adutangariza uko iyi Korare yavutse adusubiza muri aya magambo: Korari messengers yavutse kw’italiki 08/10/2011, ivukira ku rusengero rwa ADEPR Gatare ( i Gahanga). Ni ukuvuga ko itaramara umwaka ivutse. Ibyo ariko ntibivuga ko abayigize batari basanzwe ari abaririmbyi kuri urwo rusengero, ahubwo bahoze mu makorari 3 mato yarubagaho ari yo Siyoni, (...)
0 | ... | 2160 | 2170 | 2180 | 2190 | 2200 | 2210 | 2220 | 2230 | 2240 | ... | 3150