Korari Messengers yateguye igiterane kudasanzwe kuri uyu wa gatandatu no ku cyumweru byatumye twegera umuyobozi wayo Flavien Yadusoneye adutangariza uko iyi Korare yavutse adusubiza muri aya magambo: Korari messengers yavutse kw’italiki 08/10/2011, ivukira ku rusengero rwa ADEPR Gatare ( i Gahanga). Ni ukuvuga ko itaramara umwaka ivutse. Ibyo ariko ntibivuga ko abayigize batari basanzwe ari abaririmbyi kuri urwo rusengero, ahubwo bahoze mu makorari 3 mato yarubagaho ari yo Siyoni, (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Korare Messengers yateguye igiterane kidasanzwe kuri iki cyumweru kuri ADEPR Gahanga
25 July 2012, by Ubwanditsi -
Ibuka ibyo Imana yagukoreye uyu mwaka wose uyihimbaze! Alice Rugerindinda
26 December 2013, by Alice Rugerindinda“Himbaza Imana x2, abari kure n’abari hafi babimenye, Himbaza Imana abanyamibabaro bishime”
Iyi ni imwe mu ndirimbo tumaze iminsi turirimba mu rusengero, ngo himbaza Imana , abanyamibabaro bishime.
Nubwo uko ibihe by’imperuka birushaho kutwegera abantu bagenda barushaho guhinduka , umuntu yahagarara ashima Imana bikaba ikibazo kuko abantu batabyumvise kimwe, ariko burya iyo uhagaze ushima Imana wabisengeye, abanyamibabaro barishima, kuko ahava yumvise ko nubwo we bitaramugeraho, ariko hari (...) -
Umukristu nyakuri akwiriye kwera imbuto ryari?
8 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaTurabasuhuje bene Data bakundwa n’Umwami Yesu. Tunejejwe no kongera kuganira namwe ijambo ry’Imana. Twinjiye mu cyigisho cya none: Imbuto z’umukristo, ni ngombwa ko dusobanukirwa uko umukirisitu agomba kwitwara.
Muri Matayo 7:17-23 tuhasanga amagamo asobanutse yavuzwe na Yesu, aho yagize ati: "Nuko igiti cyiza cyose cyera imbuto nziza, ariko igiti kibi cyera imbuto mbi… nibwo nzaberurira nti sinigeze kubamenya, nimumve imbere, mwa nkozi z’ibibi mwe."
Yesu kandi yaranababwiye ati: (...) -
Ijambo ry’ Umunsi
6 June 2013, by UbwanditsiIfeza ni izanjye, n’ izahabu na zo ni izanjye. Ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga. Ubwiza bw’iyi nzu bwo hanyuma buzaruta ubwa mbere, ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga, kandi aha hantu nzahatangira amahoro ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga Hagayi 2:8-9
-
Rubavu : Ntibazibagirwa ibihe bagiranye Na Chorale Utulivu
20 February 2016, by Ernest RutagungiraBisanzwe bimenyerewe ko amatorero y’i Rubavu agirana umubano n’ayo mu gihugu cy’abaturanyi cya Congo (RDC), bityo abavugabutumwa n’amakorari agasurana ku buryo bworoshye, nyamara n’ubwo bisa nk’ibimenyerewe, aba Kristo bo ku urusengero rwa ADEPR Bethfague ngo ntibazibagirwa ibihe bagirange na Chorale Utulivu.
Chorale Utulivu ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya CEPAC (Communauté des Églises pentecôtistes en Afrique) ryo muri Congo (RDC), yageze I Rubavu ku cyumweru taliki ya 14 Gashyantare 2016 (...) -
"Nyuma yo kwiyahuza urumogi na kanyanga kubera ubupfubyi, dore uko nakijijwe..." - Vumilia J. Claude
21 October 2013, by UbwanditsiUko nakijijwe
Nyuma y’aho nahise nsubira aho mama avuka, mpasanga mama wacu. Yari umurokore akijijwe. Yambwirije ubutumwa, ariko sinabyumva kuko napingaga abarokore. Nicaye muri salon kwa mama wacu, numvise ijwi rimpamagara mu mazina yanjye yombi rirambwira riti “Ndi Imana y’abarokore!”
Rikimara kumbwira rityo, nabonye ikintu kimeze nka Televiziyo imbere yanjye, kinyeretse ubuzima bwose nanyuzemo. Nabonye aho nabaga nibye, bampondaguye nabaye intere, bashaka kunta mu cyobo cya metero 20 ariko (...) -
Kuki Yesu yabambwe ku musaraba?
30 March 2016, by Simeon NgezahayoNk’uko byari byarahanuwe, igihe cyarageze Yesu arapfa. Urupfu rwa Yesu abantu barwitwayemo mu buryo butandukanye. Bamwe baramwishe, ndetse babikora bumva nta mutima ubacira urubanza kuko bari bamugeretseho ibirego bakamwita umunyabyaha. Gusa n’ubundi Yesu yari yikoreye ibyaha, ariko uburyo babivugamo si ko biri.
Kimwe mu byaha bikomeye Yesu yaregwaga ni ukwigereranya, kuko yababwiye ko ari Umwana w’Imana. “Abayuda baramusubiza bati ‘Dufite itegeko, ku bw’iryo tegeko akwiriye gupfa kuko yigize (...) -
Abantu basaga Miliyoni 3 bamaze kwakirira agakiza kuri Interineti
20 September 2013, by UbwanditsiNk’uko bitangazwa na Bill Graham umuvugabutumwa mu muryango w’Ivugabutumwa rikorerwa kuri Interineti witwaThe Billy Graham Evangelistic Association (BGEA) ngo abantu basaga Miliyoni 3 bamaze kwatura bavuga ko Yesu Kristo ari Umwami n’Umukiza mu gihe bamwe bavugako Interineti ikorerwaho ibyaha gusa ndetse hakaba hari abadakunda kuyikoresha kubera iyo mpamvu, Bill Graham siko abibona..
Bitewe n’umusaruro babona bifitiye Isi muri rusange harimo kuba benshi bamaze kubona ibyiringiro muri (...) -
Burya buri wese agira umunsi we mubi!
7 June 2016, by Alice Rugerindinda“Nuko rero mutware intwaro zose z’Imana, kugirango mubashe gukomera ku munsi mubi, kandi murangije byose mubashe guhagarara mudatsinzwe”Abefeso6: 13 Bibiliya nayo yamenye ko habaho umunsi mubi ku muntu, ariko kandi ikanatanga inama y’icyakorwa kugirango kuruwo munsi mubi ubashe gukomera ndetse ubashe guhagarara udatsinzwe n’uburiganya bwa satani ! Imana iturengere
Icyampa Imana ikampa gukomera ku munsi mubi kandi namwe niko mbasabiye. Akenshi mfata urugero kuri ba sogokuruza batubanjirije , ku (...) -
Ubugingo bubonerwa muri Yesu gusa
17 July 2015, by Innocent Kubwimana‘’Kandi uko guhamya ni uku: ni uko Imana yaduhaye ubugingo buhoraho, kandi ubwo bugingo bubonerwa mu Mwana wayo. Ufite uwo Mwana ni we ufite ubwo bugingo, naho udafite Umwana w’Imana nta bugingo afite.’’ 1 Yohana 5:11-12
Iri jambo ntirigenekereza ngo wenda hari agahenge umuntu yakuraho, risobanura neza ko iyo Yesu abuze, ubugingo buhita bubura kubera ko Imana yahisemo gufata ibyo yatugeneye ibikubira muri we, kugira ngo ubishaka wese yemere uwo mwana. Uretse kandi n’ibyo mu isi Imana yahisemo (...)
0 | ... | 2170 | 2180 | 2190 | 2200 | 2210 | 2220 | 2230 | 2240 | 2250 | ... | 3150