Ni ku ncuro ya 22 u Rwanda rwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w’1994. Insanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti “Twibuke Jenoside yakorewe Abatutsi turwanya ingengabitekerezo ya Jenoside.” Ni muri urwo rwego itorero rya ADEPR paroisse ya Gatare bateguye igikorwa cyo kwibuka abahoze ari Abakristo b’iyo paroisse bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w’1994. Iyo paroisse iribuka Abakristo bayo 115 n’imiryango yabo 334 yasengeraga ahandi bose hamwe bakaba 449 nk’uko bigaragara ku (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
KICUKIRO: ADEPR PAROISSE YA GATARE YIBUTSE ABAKRISTO BAYO BAZIZE JENOSIDE IREMERA N’INCIKE
24 June 2016, by Ubwanditsi -
Ibinyobwa birimo isukari byongera ibyago byo kugira umubyibuho ukabije
27 September 2012, by UbwanditsiIbinyobwa bidasindisha birimo isukari (soda/fanta) bigira uruhare mu kongera mu maraso ibintu bitera umubyibuho ukabije, nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi butandukanye ku ruhare rwabyo mu kongera ibinure mu mubiri.
Amakuru dukesha ikinyamakuru Bloomberg Businessweek, atangaza ko ubu bushakashatsi bwashyizwe ahagaragara kuwa Gatanu 21 Nzeri 2012 mu kinyamakuru ‘New England Journal of Medicine. Bwagaragaje ko abantu bakunda kunywa ibinyobwa bidasembuye, aribo bakunda kwibasirwa n’umubyibuho (...) -
Igihangange muri muzika DON MOEN muri Afurika
13 December 2012, by UbwanditsiUmugabo wamenyekanye cyane kubera uburyo indirimbo ze zifasha benshi, akaba aririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Don Moen kuri uyu wa Gatatu araba ataramana n’abakunzi be mu mugi wa Accra uri muri Ghana hano muri Afurika aho azava ajya i Lagos ho muri Nigeria.
Abinyujije ku mbuga-nkoranyambaga facebook na twitter, Don Moen yagize ati “ Nishimiye cyane kuba mu mugi utuje wuzuye ubwiza wa Accra ho muri Ghana ,aho ngirana ibihe byiza n’incuti zanjye mu gitaramo cyo kuwa Gatatu (...) -
Nyuma y’amateka akomeye Korali Rohi iri mu mishinga yo gukora amashusho y’indirimbo zayo
16 April 2016Nyuma y’amateka akomeye korali Rohi ibarizwa mu itorero ADEPR Nyakabanda yanyuzemo,kuri ubu irashimira Imana kuri byose yakoze mu myaka 19 ishize iyi korali itangiye ivugabutumwa.Iyi korali kandi iratangaza ko mu minsi ya vuba iraba itangiye igikorwa cyo gutunganya amashusho y’indirimbo zabo ziri kuri album yabo y’amajwi baherutse gushyira ahagaragara.
Ubuyobozi bw’iyi korali buvuga ko bushimira Imana kuri byose yakoze kuva muri 1997 batangira iyi korali ngo kugeza nanubu Imana ikaba (...) -
Ubutunzi bwawe uri kububitsa he?
5 March 2014, by Alice RugerindindaNuko abacira umugani ati: Hariho umukungu wari ufite imirima irumbuka cyane, nuko aribaza mu mutima we ati: Ndagira nte ko ntafite aho mpunika imyaka yanjye?. Aribwira ati: ndabigenza ntya: Ndasenya urugarama rwanjye nubake urundi runini, abe arimo mpunika imyaka yanjye yose n’ibintu byanjye. Nibwo nzabwira umutima wanjye nti: Mutima, ufite ibintu byinshi bibikiwe imyaka myinshi, ngaho ruhuka, urye , unywe, unezerwe. Ariko Imana iramubwira iti “ Wa mupfu we, muri iri joro uranyagwa ubugingo (...)
-
Ubusaza bwo mu mwuka! Pastor Desire
4 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMurabizi ko umuntu avuka, agakura, akazagera igihe agasaza. Niko bimeze no ku bintu byose kandi no mu mwuka naho utarebye neza wasaza n’ ubwo bitari byiza kuko mu mwuka ntabwo twemerewe gusaza. Bibiliya iravuga iti: ”Abasore b’ imigenda bazacogora baruhe ariko abategereza Uwiteka bazasubizwamo intege shya, bazatumbagira mu kirere baziruka be kunanirwa, bazagenda be gucogora(Yesaya 40:29-31) Muri iyi si, ibituma dusaza ni byinshi. Harimo ubukene, ubukire, gusuzugurwa, kubahwa, gusonza no (...)
-
Ibikorwa bya muntu ni ingaruka z’imitekerereze ye. Pst Kazura Jules
6 May 2014, by UbwanditsiKuko uko atekereza ku mutima ariko ari (Imigani 23:7)
Burya ibyo dutekereza ni byo bivamo ibyo dukora n’uko twitwara. Ushoboye kugenzura no gutegeka ibyo utekereza, imikorere, imivugire n’imyitwarire yahinduka.
Ni ngombwa kurinda ibyinjira mu mitima yacu aha ni ukuvuga mu bitekerezo byacu, niyo mpamvu Salomoni yavuze ngo: “Rinda umutima wawe kuruta ibintu byose birindwa kuko muri wo ari ho iby’ubugingo bikomoka (Imigani 4:23).
Yakobo nawe yatwigishije ko ibyaha bitangirira mu bitekerezo (...) -
Dore impamvu ugomba kumenya umuvuduko w’amaraso yawe
28 September 2012, by UbwanditsiUmuvuduko w’amaraso ukabije ni ikibazo gikomeye, kuko umuntu ashobora kubana na wo nta kimenyetso cy’uburwayi agaragaza nyamara bitabuza ingingo ze nyinshi kuba zirimo kwangirika.
Ibyo bituma abantu bafite umuvuduko w’amaraso mwinshi bakunze kujya kwa Muganga bazanywe n’ibimenyetso by’ingaruka zawo, kandi barashoboraga kubyirinda iyo baza kwipimisha kare bakamenya uko bitwararika.
Umuvuduko w’amaraso ni iki ?
Umuvuduko w’amaraso ni ingufu amaraso agendana mu miyoboro yayo aribyo bituma abasha (...) -
Bakobwa mwirinde intoki zabahungu zibakorakora zitagira gahunda!
4 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaHari ubwo ujya ubona abana b’abahungu bafite udutoki duhora turyaryata, bashaka iteka gukora ku bakobwa, hari abazi kubikora bitonze, muri buri kiganiro n’umukobwa aba ashaka kumufata k’urutugu, mu mayunguyungu, iteka aba ashaka kubahanagura imyanda hari nabashaka no kubakandakanda mu mugongo, kubakandakanda ku ntugu, kubashimashima mu mutwe, gukanda kanda intoki, hari n’abakobwa njya mbona batagira isoni zo kwicara ku bibero by’abasore, mbega ubupfu bwo kutamenya imikorerey’umubiri ? N’ibindi (...)
-
Nyuma yo kuva muri Canada mu giterane cy’ivugabutumwa, Eunice Njeri yerekeje muri RDC
25 October 2013, by Simeon NgezahayoEunice Njeri ni umuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Kenya. Uyu muhanzikazi rero wari umaze iminsi mu gihugu cya Canada mu giterane cyo kwitanga mu nyubako z’insengero, ubu aritegura kwerekeza muri
Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo.
Nyuma yo kuva mu ruzinduko rw’ivugabutumwa mu gihugu cya Canada, Njeri yafatanije na bagenzi be Lady Bee na Grace Mwai kwamamaza ubutumwa bwiza mu mashuri yisumbuye.
Kuva taliki 24 Ugushyingo kugeza taliki 1 Ukuboza uyu mwaka, Eunice Njeri azataramira (...)
0 | ... | 2210 | 2220 | 2230 | 2240 | 2250 | 2260 | 2270 | 2280 | 2290 | ... | 3150