II. KUKI TUGOMBA KUGIRA UMUTIMA UBONEYE?
Intego nkuru nukugira ngo tuzabane n’Imana mu ijuru kuko nayo iboneye
(Abah.12:14)”Mugire umwete wo kubana n’abantu bose amahoro n’uwo kweza,kuko utejejwe atazareba Umwami Imana”
III.BIRASHOBOKA KO UMUNTU YATUNGA UMUTIMA UBONEYE ARI UMUSORE?
“…Ndabandikiye basore,kuko mufite imbaraga kandi ijambo ry’Imana rikaguma muri mwe,mukaba mwaranesheje wa mubi”(1Yohana2:14)
Luka:1:80”Uwo mwana arakura,agwiza imbaraga z’umutima,aguma mu butayu kugeza umunsi (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Ni gute wagira umutima uboneye? (igice cya 2)
7 January 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Ijambo ry’ Umunsi
5 February 2014, by Ubwanditsi“si ku bw’amaboko kandi si ku bw’imbaraga, ahubwo ni ku bw’Umwuka wanjye… Wa musozi munini we, wiyita iki? Imbere ya Zerubabeli uzaba ikibaya.” (Zek.4:6-7).
-
INZIRA 10 WAHAKANIRAMO UMUHUNGU - PASTOR CHRIS JORDAN
9 May 2013, by Simeon NgezahayoIkiganiro hagati ya Kyle Neufeld na Liza Jordan
Buri wese arabikora! Niba ari uko biri, ntibikomeye kubona undi mubikorana, birakomeye se?
Iyo uba unkunda uba undetse. Iyo uba unkunda ntuba unshyizeho imbaraga.
Urashaka kwicara inyuma? Oya, murakoze ndashaka ko tugumana hano imbere.
Ntugire ikibazo, ndakoresha agakingirizo. Niba utaretse kumpata, biragusaba gukoresha agakingirizo.
Urashaka kuryama? Oya, urakoze ndabyutse.
Gerageza urumva ari byiza. Nizeye ko hamwe n’uwo tuzarushinga (...) -
Ijambo ry’ Umunsi
25 June 2013, by UbwanditsiNi mwe mwagumanye nanjye, twihanganana mu byo nageragejwe. Nanjye mbabikiye ubwami nk’ uko Data yabumbikiye kugira ngo muzarye munywe mwegereye ameza yanjye mu bwami bwanjye. Kandi muzicara ku ntebe z’ icyubahiro, mucire imanza imiryango cumi n’ ibiri y’ Abisirayeli Luka 22:28-30
-
Nabanje kuba umuhakanyi, nza kwemera Buda ariko ubu ni Yesu wenyine
3 September 2015, by Innocent KubwimanaKuva ndi umwana , nari naratwawe n’ubumenyi bwo mu isi, numvaga nshaka kumenya byinshi, ariko nagera ku Mana nkabyirengagiza. Icyakora ubwenge bwanjye nabwo bwandemeraga imipaka, nashidikanyaga ku bintu byose, birangira mpindutse umuhakanyi kugeza ku myaka 40.
Mfite imyaka 37, numvaga mu by’ukuri nduhijwe n’ibyo nahaga umwanya n’ibindi bibazo by’isi. Nagerageje kujya gushakira igisubizo mu idini y’abasenga Buda, nkagerageza ngo ndebe ko nahakura ubuzima bwiza buruta ubwo nabayemo nta na kimwe (...) -
Ni ryari umuntu yaririmba indirimbo y’Uwiteka?
27 January 2016, by Kiyange Adda-DarleneZaburi 137: 4, Twaririmbira dute indirimbo y’Uwiteka mu mahanga? Iri jambo rirareba abantu 2. Umwe, ni umuntu uri mu bigeragezo, undi ni umuntu utarakizwa cyangwa wasubiye inyuma. Kuririmba ni ibintu byorohera abantu benshi, kandi bigaragara ko ahari byoroshye. Indirimbo igaragaza umunezero, abaririmbishwa n’agahinda ntabwo baba bari mu murongo mwiza uranga indirimbo. Indirimbo ni ikimenyetso cy’umunezero n’ibyishimo.
Aha, abisiraheri bari bari mu mahanga, mu gihugu cy’ ubunyage, (...) -
KACYIRU : Umuryango AGLOW wakoreye amahugurwa y’abubatse ingo muri HOTEL UMUBANO (Meridien)
7 May 2013, by UbwanditsiKuri iki Cyumweru tariki ya 05 Gicurasi 2013 muri HOTEL UMUBANO ahazwi ku izina rya Meridien, iherereye ku Kacyiru, habereye igiterane gikomeye cyateguwe n’Umuryango AGLOW-RWANDA , uwo muryango ukaba ari umuryango wa Gikristo uharanira Iterambere ry’Umugore. icyo giterane cyikaba cyarizihijwe na Chorale AMAHORO yo muri ADEPR REMERA ndetse n’Umuhanzi Captain Simon KABERA.
Mu gutangira icyo Giterane, Umuyobozi wa AGLOW-RWANDA ariwe Madame MUNARA NASTA yatangiye asobanura umuryango AGLOW icyo (...) -
Uracyazirikana ko kubaha ababyeyi ari inshingano cyane mu miryango ya Gikristo?
3 August 2015, by Innocent KubwimanaUmenye yuko mu minsi y’imperuka hazaza ibihe birushya, kuko abantu bazaba bikunda, bakunda impiya, birarīra, bibona, batukana, batumvira ababyeyi babo, indashima, batari abera, 2 Timoteyo 3:1-2
Turi kubaho muri kimwe mu binjyejana bigaragaraza gusohora nta gushidikanya kw’ibyanditswe ko turi mu bihe bya nyuma by’isi. Kimwe mu byo twasomye ngo abantu bazaba indashima, batumvira ababyeyi babo. Mbese rimwe mu mategeko cyangwa ihame rizata agaciro ni iryo kubaha ntirigikurikizwa kandi ibi (...) -
CEP/ULK mu giterane cyo gukusanya inkunga yo gufasha bagenzi babo badafite Minerval (school fees)
14 July 2012, by VitalCEP/ULK rero ikaba igizwe ahanini n’abanyamuryango ubu bakabakaba 440 baba abiga ku manywa ni ukuvuga CEP/ULK Jour (Day) na CEP/ULK Soir (Evening), ubu rero bakaba babarura abagera kuri 27 batarabasha kurangiza kwishyura [Minerval (School fees)], ibi rero ngo bikaba biteye ikibazo mu migendekere myiza y’umurimo ndetse n’amasomo.
Prezida wa CEP/ULK Jour (Day) Bwana Jackson Uwimana avuga ko ngo kuvuga ubutumwa mu buryo busanzwe bw’imiririmbire ndetse n’ijambo ry’imana ngo bidahagije, ati (...) -
Huye: Abitabiriwe amahugurwa y’abubatse ingo batashye basobanukiwe urugo ruzima
12 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu nyigisho z’ abubatse ingo zatangiwe mu karere ka Huye kuri uyu wa gatandatu taliki ya 12/03/2016 hagarutswe ku rugo umuntu yakwifuza kubamwo:
Umwigisha Rugerindinda Alice yasomye mu itangiriro 2:18 Nuko Uwiteka Imana iravuga iti : Si Byiza ko uyu muntu aba wenyine, reka muremere umufasha umukwiye.
Muri make Imana itangiza umushinga w’urugo, yari ifite gahunda nziza yo gutuma umuntu agubwa neza. Imana yifuzaga ko haba ahantu ho kuruhukira, ho kwishimira, kuburyo umuntu azajya arwana no (...)
0 | ... | 2920 | 2930 | 2940 | 2950 | 2960 | 2970 | 2980 | 2990 | 3000 | ... | 3150