Nzakomeza gutanga ubuhamya bwanjye kugira ngo nkomeze ababana n’ubumuga bwo kutumva [abarwaye indwara ya tinnitus]. Namaze imyaka isaga 3 ugutwi kwanjye kw’ibumoso kutumva. Ndi Umukristo wavutse ubwa kabiri. Nakomeje kwibaza igituma uburwayi bwanjye burushaho gufata indi ntera, simbashe gusinzira niziguye, umutwe wanjye nkawinjiza mu musego maze nkasenga Imana nyisaba kunkiza.
Nagerageje ibyatsi byose n’amavitamine bambwiraga ko bishobora kunkiza, ntegeka uburwayi bwanjye kumvaho mu izina rya (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Ubuhamya bwa Trudy: Yesu yankijije ubumuga bwo kutumva [Tinnitus]
2 June 2013, by Simeon Ngezahayo -
Muri byose dutumbire Yesu wenyine
5 August 2015, by Innocent Kubwimana,….Dutumbira Yesu wenyine, ari we Banze ryo kwizera kandi ari we ugusohoza rwose, yihanganiye umusaraba ku bw’ibyishimo byamushyizwe imbere ntiyita ku isoni zawo, yicara iburyo bw’intebe y’Imana. ‘’ Abaheburayo 12:2
Hashize imyaka myinshi nkoze urutonde rw’abantu bose bari bafite amatorero b’abapasiteri bakiri bato muri Amerika kuko numvaga bakeneye amasengesho menshi. Uko bisa kose nanjye hari abansengeye mu gihe natangizaga itorero rya Saddleback.
Iyo ndebye kuri urwo rutonde nsanga abarenga (...) -
Abavuga bati “Aragapfa!” - Sharmion
17 May 2013, by Simeon NgezahayoNarababaye ubwo numvaga radio, umunyamakuru akavuga uburyo abantu ibihumbi bafashe icyemezo cyo kwishimira urupfu rw’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Margaret Thatcher. Niba nibuka neza, hashize imyaka nka 50 abayobozi b’ibihugu byinshi bishimiye n’urupfu rwa John Kennedy wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Ibyo bintera ubwoba iyo mbonye abantu bitwara batya. Hari umurongo umwe wo muri Bibiliya nibutse ubwo natekerezaga ibyo, uvuga uti ’...uwishimira ibyago bya mugenzi (...) -
Amaze gusobanukirwa ko ijuru ariryo ritegeka, nibwo yavanywe mu ishyamba aho yarishaga nk’inka !
31 May 2016, by Alice Rugerindinda“ Uwiteka arica, agakiza. Ashyira ikuzimu kandi agakurayo. Uwiteka arakenesha, agakenura, acisha bugufi, agashyira hejuru. Akura abakene mu mukungugu, ashyira hejuru abatindi abakuye ku cyavu, kugirango bicarane n’ibikomangoma” 1 Samuel 2: 6-7
Ibi byabaye ku mwami Nebukadinezari, igihe yari ananiwe kwiga ngo asobanukirwe ukuntu Imana ariyo igenga byose. Imana yarabimwigishije asigara atanga ubuhamya . Icyampa natwe tukabisobanukirwa ,byatuma tutishyira hejuru, ngo twibwire ko ahari turi (...) -
Chorale Louange (CEP-KIE) yateguye igitaramo cyo kwizihiza imyaka 15 imaze ivutse!
20 January 2014, by Simeon NgezahayoChorale Louange igizwe n’Abanyeshuri b’Abapantekonte biga muri Kaminuza y’u Rwanda mu ishuri rikuru Nderabarezi rya Kigali (Louange CEP-KIE). Kuri uyu wa 26 Mutarama 2014, Louange yateguye igitaramo gikomeye kigamije kwizihiza isabukuru y’imyaka 15 imaze ishinzwe aho muri KIE.
Nk’uko twabitangarijwe na Laurent Usanzumuhire ushinzwe itangazamakuru n’iterambere muri Chorale Louange, ni ubwa mbere umunsi nk’uyu ugiye kubaho ndetse bakaba bifuza ko byazakomeza bikajya biba buri mwaka.
Uwo muhango (...) -
Abapasiteri ba ADEPR basubijwe ku ibere abandi batunguwe n’ibyababayeho!
31 October 2012, by UbwanditsiMu gihe abakiristo ba ADEPR bari bamaze igihe mu gihirahiro bibaza ikizakurikiraho nyuma y’igeguzwa ry’igitaraganya kuri bamwe bahoze ari abayobozi b’idini, kuri ubu hamenyekanye ibyavuye mu myanzuro y’inama y’ubutegetsi aho hari abazamuwe mu ntera, abandi baramanurwa ugereranije n’imyanya bari bafite.
Amakuru dukesha urubuga rwa gikirisitu isange.com, avuga ko ubu buyobozi buyobowe n’umuvugizi mushya w’agateganyo Rev. Past. Sibomana Jean uherutse gushyirwaho n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imiryango (...) -
Ubutumwa bw’abahanzi bw’umwaka wa 2014
31 December 2013, by UbwanditsiMu gihe hasigaye amasaha makeya ngo umwaka wa 2014 utangire, twaganiriye n’abahanzi batandukanye bagira ubutumwa baha abakunzi babo n’abaza gusoma iyi nkuru bose.
Aime Uwimana
“Shalom! Mbere na mbere ndabwira abantu nti “Mugire umwaka utatse ineza y’Imana nyinshi, kandi mbifurije guhazwa na yo. Ikindi navuga, igihe turimo abantu duhugijwe n’umuvuduko w’imibereho, Imana iduhe kumatana na yo, yo soko y’ubuzima bwuzuye”.
Bahati Alphonse
“Icyo navuga ku mwaka wa 2014 tugiye gutangira, ni uko Imana (...) -
Wari uzi ko umuntu afitanye isano n’Umuremyi we? (Igice cya 2)
30 August 2013, by Simeon NgezahayoMu gice cya mbere twasesenguye neza isano riri hagati y’umuntu n’Imana harebwa uburyo Imana yaremye umuntu mu ishusho yayo, uko icyaha cyaje kigatandukanya umuntu nayo n’ukuntu Imana yatanze umwana kugirango uzamwizera wese agarukane ishusho yamuremanye kandi bimuheshe n’ubushobozi bwo guhabwa ubugingo buhoraho, azabeho iteka ryose nk’uko na Yo ibaho iteka ryose.
Dufatanye gusoma ijambo ry’Imana mu bice bikurikira:
Itangiriro 1:26-27; Yohana 2:23-24
Nk’uko tubisoma mu gitabo cy’Itangiriro, (...) -
Incamake y’ibyaranze Gospel mu Rwanda muri 2013
2 January 2014, by Simeon NgezahayoUko umwaka utangiye, kubakunda gusubiza amaso inyuma bakamenya uko byagenze, tubakorera ikusanyamakuru hamwe n’ibikorwa mu ncamake. Nk’uko byagaragaye, mu ntangiriro z’uwa 2013 nta bikorwa byinshi bya gospel byagaragayemo, ariko mu isozwa ryawo hagaragaye ibikorwa bitari bike kandi bikurikirana kugeza ku munsi wa nyuma usoza uyu mwaka.
Reka turebere mu ncamake bimwe mu bikorwa bya gospel byaranze uyu mwaka dushoje wa 2013: Uyu mwaka ku, bijyanye n’
1. Abahanzi: Abahanzi batandukanye yaba (...) -
Ibiranga umuntu usaba
12 October 2015, by Innocent KubwimanaHariho umucamanza mu mudugudu umwe, utubaha Imana ntiyite ku bantu. Muri uwo mudugudu harimo umupfakazi, aramusanga aramubwira ati ‘Ndengera ku mwanzi wanjye.’ Amara iminsi atemera, ariko aho ageze aribwira ati ‘Nubwo ntubaha Imana kandi sinite ku bantu, ariko kuko uyu mupfakazi anduhije ndamurengera, ngo adahora aza iminsi yose akandushya.’ ” Luka 18:2-5
Muri iyi nyigisho tugiye kugaruka ku ijambo risanzwe rimenyerewe kandi rikoreshwa kenshi mu buzima bwa buri munsi ari ryo ‘’Gusaba’’. Iki ni (...)
0 | ... | 2960 | 2970 | 2980 | 2990 | 3000 | 3010 | 3020 | 3030 | 3040 | ... | 3150