Hari inkuru y’umuntu numvise ngo yatumwe mu gihugu cya kure ari ngombwa ko ajyenda n’indege. aragenda agera muri ya mahanga ya kure ajya mu manama atandukanye biga ku bintu bitandukanye,igihe kiragera asubira mu ndege agaruka ku bari bamutumye,biba ngombwa ko abaha raporo y’ibyabaye.
Yatangiye agira ati” twabaye tukigera mu ndege baba baduhaye ibiryo turarya,tugeze mu kirere indege ikimara guhaguruka baba baduhaye ibindi biryo.
Abamubazaga bati” mugezeyo se byagenze bite?” arasubiza ati bahise (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Aho uri hari impamvu! (Igice cya mbere) Past. Jules Kazura
17 May 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Imigenzo 13 y’amatorero akundana ku rwego rwo hejuru - Brian Dodd
16 July 2013, by Simeon NgezahayoIsomo rikomeye twigira ku matorero y’ukuri
Iyi ni inkuru yanditswe na Brian Dodd nyuma y’aho itorero rye ryitwa Piedmont Church riherereye mu mujyi wa Marietta muri Amerika habereye umunsi w’abubatse ingo ukamunezeza.
Yagaragaje imigenzo 11 yavuze y’amatorero akundana ku rwego rwo hejuru. Yabivuze muri aya magambo ati “Nyemerera dusangire isomo nakuye mu migenzo y’amatorero akundana ku rwego rwo hejuru!”
1. Abashumba bayakuriye bagira urukundo rwo ku rwego rwo hejuru.
Ni abantu bahorana isura (...) -
Komeza ibyiringiro byawe mu Mana
24 July 2015, by Umumararungu ClaireImana iraguhamagarira kugirango ubashe gukomeza ndetse no kubasha gusobanura impamvu z’ibyiringiro byawe, ni iki kigutera kwizera, mbese ibyo uvuga ubihagazeho?
Kwizera ni ukumenya rwose ibyiringirwa udashidikanya ko bitazaba, kandi ni ko kuduhamiriza ibyo tutareba ko ari iby’ukuri. Abaheburayo 11.1
Niba nta byiringiro ugira kwizera kwawe kuba kurwaye. Umwanzi w’ubugingo bwawe arabizi, niyo mpamvu akoresha uko ashoboye kugira ngo agukamuremo na duke ufite.
Wimwemerera gutakaza ibyiringiro (...) -
Umuntu uwo ari we wese ashobora kubona bimwe mu bimenyetso bya Kanseri ifata Ubwonko
1 September 2012, by UbwanditsiIyi ndwara ikunda kwivugana umubare munini w’abatuye isi itaretse n’ibikomerezwa nk’abayobozi bamwe na bamwe b’ibihugu ndetse n’abantu bazwi cyane batari bake, bituma ifatwa nk’indwara ikomeye cyane.
Nyamara urubuga rwa quickyeasyfit.com ruratugaragariza bimwe mu bimenyetso buri muntu wese yabasha kwibonera bitanasabye gukoresha ikindi kintu.
1. Haba ukugabanuka k’ubushake bwo gufata amafunguro bikurikiwe n’iseseme ndetse no kuruka bihita bishyira kw’igabanuka ry’ibiro by’umuntu.
2. Kuribwa (...) -
Bill Graham ati”Nta muyobozi w’umwana muntu ushobora gukemura ibibazo by’Amerika”!
13 November 2012, by UbwanditsiBenshi muba kristo bomuri Leta zunze ubumwe z’Amerika ntibigeze bishimira ibyavuye mumatora y’uyu mwaka wa 2012. kumuvugabutumwa Rev.Billy Graham we arasaba abakristo gusengera abayobozi b’igihugu.
Bamwe mubavugabutumwa babanyamerika bandikiye ibaruwa umuvugabutumwa Billy Graham babinyujije kurubuga rwe bagira bati”Bibiliya itwigisha kubaha no gushimira ”
Kubwa Billy Graham yemeza ko inzira yokugirango igihugu cyongere gisanwe bidashobora gukorwa n’ubuyobozi bw’umwana w’umuntu , uretse gusa (...) -
Amerika: Pastor Jim Garlow wo mw’itorero ryitwa Skyline yagaragaje uwo azatora mwiteraniro ryo kucyumweru
12 October 2012, by UbwanditsiNkuko bimaze igihe bivugwa muri Leta zunze ubumwe z’Amerika hamaze igihe havugwa kwiyamamaza kwaba kandida babiri umwe womuba Republican nundi womuba Democrate aba akaba ari Mitt Romney na Barack Obama ari nawe warusanzwe ayobora Leta zunze ubumwe z’Amerika.
Mubihe byo kwiyamamaza muri Leta Zunze z’Amerika biba bishyushye cyane kuko nabamwe mubakozi b’Imana usanga berekana uruhande bashyigikiye kumugaragaro.
Kuri kino cyumweru gishize taliki ya 7/10/2012 i San Diego nibwo Pastor Jim Garlow (...) -
Wari uzi ko Bibiliya ibuza kwishyiraho tatouage ? Pastor Desire
20 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMuri iki gihe iyo urebye usanga abenshi mu rubyiruko barishyizeho tatouage kandi buri wese agerageza kwerekana ibitekerezo bye anyuriye mu kubishushanya kuko bamwe bishushanyaho inzoka, sikorupiyo, imitima yanditsemo urukundo, abandi bakandika ko bakora uburaya, amashusho y’ibyamamare bakunda n’ibindi. Ibi bimenyetso kandi babishushanya ku bice bitandukanye by’umubiri, aho usanga bamwe barabishushanije ku kuboko, intugu, ku kiganza, ndetse abakobwa bamwe bahitamo kubishyira no ku bice bimwe (...)
-
Ntukwiye gucika intege kubera hari ibyakunaniye
11 December 2015, by Innocent KubwimanaNubwo mu buzima tubaho haba havanzemo ibibi n’ibyiza, ibyo dushobora n’ibitunanira rimwe na rimwe satani agahora atwereka ibitagenda ariko burya ibyatunaniye naho twatsinzwe ntihabereyeho kuduca intege, ahubwo habereyeho kuduha amasomo no kumenya uko twategura ibikurikira.
Bibiliya iravuga ngo umuntu uhora yitegereza umuyaga ntabiba kandi uhora areba ibicu ntasarura. Umubwiriza 11:4 Iyo utindije amaso kubaguca intege utinda kugera kuri byinshi.
Iyo ubanye n’umuntu, ukabona aguhozaho amagambo (...) -
Umugisha uva ku Mana! - Dorothée Rajiah
14 June 2016, by Simeon NgezahayoAbwira umugaragu we ati “Mubwire uti ‘Dore ineza watugiriye yose, mbese twakwitura iki? Urashaka kumenyekana ku mwami cyangwa ku mugaba w’ingabo?’” Aramusubiza ati “Oya, nibera mu bacu.” Elisa ati “ Twamugirira dute?” Gehazi aramusubiza ati “ Icyakora nta mwana w’umuhungu agira, kandi umugabo we arashaje.” 2 Abami 4 : 13-14
Bibiliya itubwira umugore wabaga i Shunemu. Uwo mugore yari yarabonye ko umuntu w’Imana witwa Elisa akunze kunyura iwabo. Ni bwo yaje gufata icyemezo cyo kumutumira ngo aze (...) -
Mwirinde uburiganya bwa Satani!
21 December 2015, by Pastor Desire Habyarimana“Mwambare intwaro zose z’ Imana, kugira ngo mubashe guhagarara mudatsinzwe n’ uburiganya bwa Satani” (Abefeso 6:11)
Ubwo Abisirayeli bari bageze I Kanani, bari bafite itegeko ntakuka ko nta bwoko na bumwe bwo muri icyo gihugu bagombaga kugirana isezerano. Inshuro nyinshi Mose yari yaragiye abihanangiriza ko bagomba kwirinda gusezerana n’amahanga bazasanga muri icyo gihugu: “Wirinde ntuzasezerane isezerano na bene igihugu ujyamo, rye kuba nk’ umutego hagati muri mwe…Wirinde gusezerana isezerano na (...)
0 | ... | 2930 | 2940 | 2950 | 2960 | 2970 | 2980 | 2990 | 3000 | 3010 | ... | 3150