Umusirikare w’Umunyaroma yagiraga intwaro imurinda imeze nk’ishati idafite amaboko, ikoze mu cyuma, bityo agashobora kwikingira imyambi cyangwa ikindi cyose cyashoboraga kumufata mu gice cyose cy’imbere kuva mu ijosi kugeza mu rukenyerero.
Icyo cyuma cyari ngombwa cyane kuko ako gace k’umubiri ariko karimo ibice by’ingenzi byinshi by’umubiri nk’umutima, ibihaha n’izindi nyama zo mu nda.
Paulo avuga ko umukristo yagombye guhora yambaye icyo cyuma ku buryo bw’umwuka, kandi atubwira ko “ Gukiranuka” (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Mwambare Gukiranuka nk’Icyuma gikingira igituza
18 March 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Ibyiza byo gukorera Imana Pastor Sebugorore
7 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIBYIZA BYO GUKORERA IMANA UKIRI MUTO ( Inyisho y’urubyiruko).
" Samweli arakura, Uwiteka abana nawe ntiyakunda ko hagira ijambo na rimwe rya Samweli rigwa hasi, 1 Samw 3:19".
1) Gukorera Imana ukiri muto bizatuma wera imbuto nyinshi. Urugero: umuntu wahamagawe n’Imana afite imyaka 12, undi agahamagarwa n’Imana afite imyaka 65, bombi bakarama imyaka 80, uzaba yarakoreye Imana byinshi ni uwuhe?. Ngirango nibyo Umwami Yesu yasobanuye mu mugani w’umubibyi muri Mt 13:8.
2) Gukorera Imana ukiri (...) -
AGAKIZA NIKI? Rev Sebugorore
30 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAgakiza n’impano umuntu ahabwa n’Imana ku buntu, Abefeso 2:1-9; Tito 3:5.
NI IBIHE BIMENYETSO BYEREKANA KO UMUNTU YAKIJIJWE BYUKURI?
* Guhinduka: Agakiza kagomba guhindura umuntu. Ubuhamya bw’umuntu bwa nyuma bugomba gutandukana n’ubuhamya bwe bwa kera, Abefeso 4:17 kugeza chap 5:1-5. Guhinduka bigomba gufata ku myumvire y’umuntu ku mpande zose: amarangamutima y’umuntu, umwuka, ubugingo n’umubiri. * Umuntu wakijijwe yera imbuto, Ibyak 16:33; 3:9; Lk 1:47; 8:39. * Arangwa no kwezwa: Bisobanura (...) -
Miriyamu Deborah Zulphath agiye kumurika DVD ye iriho ubuhamya bwibyo Imana yamukoreye
6 December 2012, by Patrick KanyamibwaNyuma yaho akoreye DVD yise “Va ibuzimu ujye ibuntu, ntaho Imana itagukura ntanaho itadushyira”, aho yerekana akanavuga ku buzima bukomye yanyuzemo, ibyamubayeho nuko bikomeye aho yanyuze no mu buraya, gukora mu kabari, kurara hanze, gufungwa, gukubitwa, gukira cyane, gukena cyane n’ibindi byinshi, kuri icyi cyumweru tariki ya 9/12/2012 arayishyira ku mugaragara anayimurikire abantu bwa mbere kuri Bethlehm Miracle Church i Nyamirambo ku muhanda ujya Rwarutabura.
Nkuko yabidutangarije, ngo ibi (...) -
Niwemera kuba muri Kristo Yesu uzahinduka icyaremwe gishya
9 December 2015, by Innocent KubwimanaKuba muri Kristo Yesu nibyo bifite umumaro kurusha ibindi byose. Imbaraga zose umuntu yakoresha z’umubiri cyangwa se indi mirimo igaragara ntiyabashya kugutuza muri Kristo kuko ibi bibonerwa mu kwizera igitambo Yesu Kristo yatanze.
Bibiliya iravuga ngo ‘’ Umuntu wese iyo ari muri Kristo aba ari icyaremwe gishya, ibya kera biba bishize. Dore byose biba bihindutse bishya.’’ 2 Abakorinto 5:17 Kuba muri Kristo Yesu ni amahitamo, si imyizerere gusa cyangwa gukurikiza amahame y’idini, gukora ibyo (...) -
CHORALE GILGAL YA CEP KIST-KHI MU GITERANE CY’IVUGABUTUMWA MURI PAROISSE YA ADEPR GATARE
19 December 2013, by UbwanditsiKuri iki cyumweru taliki ya 22 Ukuboza 2013, chorale Gilgal irakora igiterane cy’ivugabutumwa mu itorero rya ADEPR, paroisse Gatare mu murenge wa Gahanga. Bimwe mu bitumye iyi chorale ikorera urugendo rw’ivugabutumwa muri iyi paroisse, ngo ni mu rwego rwo gusura uwahoze ari umuyobozi wabo Rev. Pasteur Karayenga J. Jacques kuri ubu urimo gukorera umurimo w’Imana muri paroisse ya Gahanga. Iki giterane kizatangira saa mbili za mu gitondo, gisoze saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (8am-6pm).
Mu kiganiro (...) -
Bwa mbere mu mateka y’u Rwanda, umuhanzi yateguye igitaramo cyo guhimbaza Imana kiri ku rwego rw’akarere yise « East Africa Gospel concert »
13 October 2012, by Patrick Kanyamibwa« Uyu mwaka mukumurika alubumu yanjye ya gatatu, nafashe icyemezo cyo gukora igitaramo kiri ku rwego rw’akarere nise « East Africa Gospel concert », aho natumiye umuhanzi umwe umwe muri bino bihugu bigize Afurika y’i Burasirazuba » ayo ni magambo y’umuhanzikazi Tonzi ubusanzwe amazinaye akaba Uwitonze Clementine.
Ubwo twaganiraga nawe, Tonzi yatubwiyeko icyi gitaramo ari indoto yagize agiye gushyira mu bikorwa kandi cyikazajya kiba buri mwaka. Kuriyi nshuro yacyo ya mbere, igitaramo « East Africa (...) -
Ijambo ry’ Umunsi
11 November 2012, by Ubwanditsi“ Unesha niwe uzambikwa imyenda yera, kandi sinzahanagura izina rye na hato mu gitabo cy’ubugingo, ahubwo nzaturira izina rye imbere ya Data n’imbere y’abamarayika be” Ibyahishuwe 3: 5
-
Ibintu 10 umuvugabutumwa akwiye kwirinda kuvuga mugihe arimo kuvugubutumwa
3 October 2012, by Ubwanditsiibi byakozwe na Evangeliste Ndayishimiye Claude hamwe na Justin mugenzi basanzwe bazwi mukiganiro cyitwa umuhanzi w’icyumweru kiba buri wagatanu guhera i saa mbiri z’ijoro kugeza i saa ine z’ijoro kuri Radio Authentic 92.8 Fm.
1. Kuba yitwaje Biblia n’ ikaye ya notes ( Aha ntibibujije ko yakoresha power point)si byiza gutwara udupapuro kuko hari gihe rimwe na rimwe uriska kutubura cyangwa tukaguruka.
2. Kubahiriza igihe yahawe cyo gukoresha niyo mpamvu agomba kuba yambaye isaha atari iyo (...) -
Akamaro ko Gushima Imana (Thanks Giving)
13 August 2012, by UbwanditsiZaburi 50,14-15 : " Utambire Imana ishimwe, Uhigure umuhigo wawe. Unyambaze ku munsi w’amakuba n’uw’ibyago, nawe uzashima."
NI IYIHE MPAMVU ITUMA DUSHIMA ? ( Why Thanks giving ? )
Ubundi gushima biri mu nshingano z’Umwana w’umuntu. Ubusanzwe iyo umuntu akugiriye neza uramushima uti :" MURAKOZE - MERCI - THANKS,..." Abantu benshi bibeshya ko gushima biza nyuma yo kubona ibyo basezeranyajwe. Nyamara ibi sibyo kuko Ubusanzwe iyo umaze gusenga, ugahabwa isezerano, hakurikiraho gushima, ubundi (...)
0 | ... | 2940 | 2950 | 2960 | 2970 | 2980 | 2990 | 3000 | 3010 | 3020 | ... | 3150