ICYO IMANA IKWITEZEHO MURI 2016!
Luka 13:6-9 - Kandi abacira uyu mugani ati"Hariho umuntu wateye umutini mu ruzabibu rwe, bukeye araza awushakaho imbuto arazibura. Abwira umuhinzi ati ’Dore none uyu mwaka ni uwa gatatu, nza gushaka imbuto kuri uyu mutini sinzibone. Uwuce, urakomeza kunyunyuriza iki ubutaka?’ Na we aramusubiza ati ’Databuja, uwureke uyu mwaka na wo, nywuhingire nywufumbire, ahari hanyuma wakwera imbuto. Icyakora nutera uzawuce.’ "
Maze gusoma kuri uyu mugani nasanze buri wese (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Icyo Imana ikwitezeho muri 2016 Dr Fidèle MASENGO
31 December 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Ubuzima bugoranye n’ibigeragezo si impamvu yo gukiranirwa
8 February 2014, by Ubwanditsi“Ndarahira Imana ihoraho,Ari yo yanyimye ibyari binkwiriye, N’Ishoborabyose yababazaga ubugingo bwanjye. Ubugingo bwanjye buracyari buzima, Kandi Umwuka w’Imana ni we utuma mpumeka. Ni ukuri iminwa yanjye ntizavuga ibyo gukiranirwa, N’ururimi rwanjye na rwo ntiruzariganya. Ntibikabeho yuko nabemerera ngo muvuze ibitunganye, Kugeza ubwo nzapfa sinzikuraho kuba inyangamugayo. “Gukiranuka kwanjye ndagukomeje ntabwo nzakurekura, Ntabwo umutima wanjye uzagira icyo unshinja nkiriho.Yobu 27:1-6 (...)
-
Bahati Alphonse yabonye muriki gihe yabwira Imana ngo “Singizwa”, izina ry’indirimbo nshya yasohoye
8 October 2013, by UbwanditsiUyu muhanzi uri mubyiciro bitatu muri Groove Awards Rwanda 2013, aribwo Male artist of the year, Song of the year ku ndirimbo “Birasohoye” na Video of the year bwo twaganiraga nawe akaba yadutangarijeko amagambo yo gushima Imana ubu ariyo amwuzuye mu mugita, bikaba byaramuhaye kubisohorera muriyi ndirimbo.
Iyi ndirirmbo y’amajwi Batai yasohoye ikaba yitwa “Singizwa”, akaba ariwe wayihimbiye nkuko asanzwe yihimbira indirimbo we zose, igatunganwa amajwi nibindi na Producteur Aaron Niyitunga, iyi (...) -
Ibintu byagufasha gukunda abandi
20 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIbi bintu turavugaho muri iyi mirongo ya bibiliya ni bimwe mu byagufasha kugirango wereke abandi urukundo, ibi bintu ubifite byagufasha kubana n’abandi, kandi ubifite waba wigana Imana:
1. Kugira impuhwe: Izi mpuhwe zigaragarira ku gisubizo cya Yesu ku barwayi, Matayo 9 :36 ;14 :14 ;15 :32
2.Kugira umutima mwiza: Ni ukuvuga ubuntu buturuka mu mutima uyobowe n’umwuka wera ibi bikaba bihabanye kure n’ubugome ari cyo kibazo kiboneka mu Bakolosayi 3 :8
3.Guca bugufi: Kwicisha bugufi mu bandi (...) -
Igitangaza kiri hafi! - Eric-Elisée Kouakou
1 June 2013, by Simeon NgezahayoBene Data, kugira ngo umwana avuke hari ibigomba kubaho, hari ibise umubyeyi agira kandi bikamubabaza.
“Umugore iyo aramukwa arababara kuko igihe cye gisohoye, ariko iyo umwana amaze kuvuka ntaba acyibuka kuribwa, kuko anejejwe n’uko umuntu avutse mu isi” Yohana 16:21.
Nk’uko twabivuze, umubyeyi mbere yuko umwana avuka hari ibibanza kubaho, abanza gusama inda, hanyuma agatwita, akabona kubyara. Muri ibyo bihe uko ari bitatu, igihe cyo kubyara kiramuvuna, iyo agize ibise. Ni na ko bimeze no ku (...) -
Umunsi wa Pentekote twizihiza usobanuye iki? (Igice cya 1)
17 May 2013, by UbwanditsiIki cyumweru abakirisitu hose mu isi bazaba bizihiza umunsi mukuru wa pantekote.
Mu by’ukuri iyo urebye neza usanga bamwe bawubahiriza mu rwego rw’umuhango (Liturgy). Umunsi wa pentekote usanga utazwi cyane na benshi cyangwa ngo uhabwe agaciro gakomeye, ugereranije na Noheri cyangwa pasika, nubwo ari umunsi wibukwaho ibintu bikomeye ku mateka y’itorero kuko wibutsa ivuka ryaryo.
Nagirango ngerageze gusubiza ibibazo byinshi byibazwa ku birebana na Pantekote.
Pantekote n’iki?
Kuba Kirisitu, (...) -
Wari uzi ko Imana yagukorera ibiruta ibyo usaba?
2 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNuko ibasha gukora ibiruta cyane ibyo dusaba, ndetse n’ibyo twibwira byose nk’uko imbaraga zayo ziri zidukoreramo, icyubahiro kibe icyayo mu itorero no muri Kristo Yesu kugeza iteka ryose n’ibihe bidashira, Amen." Abefeso 3.20
Kwizera ni nk’inyama : kurakura. Gushobora gukomera cyangwa kukaba guke bitewe n’uburyo wagukoresheje.
Ikintu cya mbere Imana ikora kugira ngo yubake kwizera kwawe, iguha inzozi!
Aha wabaza uti bigenda bite ? Ikoresha uburyo bworoshye, ariko bukakugeza ku rwego rwo (...) -
Kugaburirwa n’Imana n’ ibyawe uyu munsi!
25 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUhereye mw’isezerano rya kere no mw’isezerano rishya , Imana idutegeka kuyiramya binyuze mugutanga. Yesu aravuga ubwe ati "Mutange namwe muzahabwa. Murugero rwiza, rutsindagiye, rucugushije ,rusesekara .Kuko urugero mugereramo ari rwo muzagererwamo namwe" (Luka 6:38)
Aratwihanangiriza ati: " Ntimukibikire ubutunzi mu isi, aho inyenzi n’ingese ziburya, kandi abajura bacukura bakabwiba. Ahubwo mwibikire ubutunzi mu ijuru, aho inyenzi n’ ingese zitaburya, n’abajura ntibacukure ngo babwibe,Kuko aho (...) -
Siyanse n’Iyobokamana : Mbese Billy Graham yavuze iki ubwo yabazwaga ku iremwa rivugwa muri Bibiriya n’iremwa rivugwa na Siyanse ?
6 March 2013, by UbwanditsiBenshi bakunze kwibaza cyane ukuri ku bivugwa muri Bibiriya n’ukuri kuvugwa n’abahanga ba Siyanse. Bibiriya ivuga neza ko Imana yaremye Adamu na Eva ikabarema bafite isura y’umuntu nk’uko tumeze uku!! Byagera muri Siyansi, bo bakemeza ko Muntu uriho uyu munsi atariko yabanje kubaho, ko ahubwo yabanje kugira indi sura y’inyamaswa imeze nk’inguge, nyuma iyo sura ikagenda ihindukamo umuntu tubona uyu munsi.
Uku kudahuza hagati y’abigisha ba Bibiriya n’abigisha ba Siyanse, bikunze gutuma benshi (...) -
Va mu bigirwamana uhure n’ Imana Rurema Dr Masengo
5 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaVA MU BIGIRWAMANA UHURE N’IMANA RUREMA
Ibyakozwe n’Intumwa 17:27 - kugira ngo bashake Imana ngo ahari babashe kuyibona bakabakabye, kandi koko ntiri kure y’umuntu wese muri twe.
Uno munsi nazinduwe no kukurangira aho wahurira n’Imana.
Paholo ari Atenayi yatunguwe no kubona ukuntu Abanyatenayi bifuzaga guhura n’Imana. Bari barakoze ubushakashatsi bwo kubona Imana ariko birangira bayibuze. Bigira inama yo kuyiremera ubwabo. Bubaka ibigirwamana babyita Imana kugirango barebe ko bayibona (...)
0 | ... | 670 | 680 | 690 | 700 | 710 | 720 | 730 | 740 | 750 | ... | 3150