Ku mugoroba w’iki cyumweru, abantu 15 bibumbiye muri groupe The Renaissance Street Singers bateraniye munsi y’ikiraro kiri muri gare nkuru ya New York. Bafashe ibicurangisho bito byo mu bwoko bwa fanfare, bakora concert y’amasaha agera kuri 2, baririmba indirimbo zahimbwe n’abahanzi b’ibyamamare nka Palestrina, des Prez n’abandi babayeho mu myaka nka 500 ishize.
Groupe ‘The Renaissance Street Singers’ bamaze imyaka igera kuri 40 bafata indirimbo zo mu rusengero, bakaziririmbira aho abantu (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Abahakanamana ngo bavana indirimbo mu rusengero bakazijyana mu isi – Joel Rose
5 September 2013, by Simeon Ngezahayo -
Menya kubaho mu migisha y’ Imana
7 November 2013, by UbwanditsiKUBAHO MU MIGISHA Y’IMANA ( TO LIVE IN FAVOR OF GOD)
Zaburi 15, 1-5 : Uwiteka ni nde uzahagarara mu ihema ryawe ? .... Zaburi 1, 1 : Hahirwa umuntu udakurikiza imigambi y’ababi, ntahagarare mu nzira y’abanyabyaha kandi ntiyicarane n’abakobanyi...
Imirongo myinshi muri Bibliya ikunda kugaragaza imigisha Imana igenera umwana w’ umuntu. Mu gitabo cyo Gutegeka kwa 2 hatubwira Imigisha yose Imana igenera abantu bayo ariko ikabaha condition ngo :" Nugira umwete wo kumvira Amategeko nguhaye". Ibi (...) -
Dore isengesho rikwiye!
4 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaTurashimira Imana k’ubw’ubuntu bwayo butarondoreka itugirira iteka. Turanayishimira kandi kuko yadushyiriyeho uburyo bwo kuyishaka no kuyibwira tubinyujije mu masengesho. Gusenga rero nibwo buryo natwe tubwiramo Imana, itwemerera kandi kuyishaka ndetse no kuyibona( Zaburi 65:2)’’ni wowe wumva ibyo usabwa, abantu bazaza aho uri. Gusenga rero ni kimwe mu bikorwa bigaragaza imyizerere y’umuntu.
‘’Mwaturirane ibyaha byanyu kandi musabirane, kugira ngo mukizwe. Gusenga k’umukiratsi kugira umumaro, iyo (...) -
Ese ku bakristo Noheli ikwiye kuba iyo kurya no kunywa no kwambara? Pastor Desire Habyarimana
17 December 2013, by Pastor Desire HabyarimanaMuri icyo gihugu harimo abungeri bararaga ku gikumba, bahindana kurinda umukumbi wabo.Nuko Marayika w’ Umwami Imana abahagarara iruhande, ubwiza bw’ Umwami burarabagirana bubagota impande zose bagira ubwoba bwinshi… arababwira ati: “Mwitinya dore ndababwira ubutumwa bwiza bw’ umunezero mwinshi uzaba ku bantu bose. Kuko uyu munsi umukiza abavukiye mu murwa wa Dawidi, uzaba, Kristo Umwami (Luka 2:8).
Ntabwo kwizihiza Noheli bikwiye kuba ibyo kwambara no kurya gusa, dukwiye kubikora tunatekereza (...) -
Naho umutini utatoha ntakabuza ko nezererwa mu Mana y’agakiza kanjye!
21 June 2016, by Alice Rugerindinda“N’aho umutini utatoha n’inzabibu ntizere imbuto, bagahingira ubusa imyerayo, n’imirima ntiyere imyaka, n’intama zigashira mu rugo, n’amashyo akabura mu biraro, nta kabuza ko nishimana Uwiteka, nkanezererwa mu Mana y’agakiza kanjye” Habakuki 3:17
“ Though the fig tree does not bud and there are no grapes on the vines, though the olive crop fails and the fields produce no food, though there are no sheep in the pen and no cattle in the stalls, yet I will rejoice in the Lord, I will be joyful in God (...) -
Mercy Ministries yakoze umugoroba wo kwibuka no guhumuriza abasigiwe ibikomere na jenoside.
20 April 2016, by NicodemUyu mugoroba wabaye kuri iki cyumweru tariki ya 17 Mata 2016 ukaba warabaye mu rwego rwo guhumuriza abafite ibikomere basigiwe na Jenoside.
Uyu mugoroba watekerejwe nyuma y’amahugurwa y’isanamitima n’ubwiyunge yahawe abahanzi n’abanyabugeni batandukanye babarizwa hirya no hino mu mujyi wa Kigali, bakaba barayahabwaga na Mercy Ministries International. Muri aya mahugurwa bahugurwaga uburyo ubuhanzi bwabo bukwiye kuba umuyoboro wo gukiza no komora abafite ibikomere.
Aba bahanzi n’abaramyi (...) -
Imvugo niyo ngiro abanyarwanda dukwiye kwishakamo igisubizo, CEP ULK.
19 July 2012, by VitalAyaniamwe mu magamboyatangajwen’abari mu giterane cyateguwe n’umuryango w’Abanyeshuri b’Abapentekote b’Itorerorya ADEPR (Communautés des EtudiantsPentecotistes de l’ULK – CEP ULK) ukorera muri Kaminuza Yigenga ya Kigali (ULK Kigali) kuwa 15/07/2012,igiterane cyari gifite intego ebyeri nyamukuru arizo: Gusengera Kaminuza ya ULK kubw’ikerekezo cyiza ifite mu iteramberery’igihugu Kwishakamo ubushobozi bwo kurihira abanyeshuli batarashobora kurangiza kwishyura amafaranga y’ishuli [Minerval (School (...)
-
I Rubavu hasojwe ibitaramo byiswe Wokovu Celebration!
30 September 2013, by UbwanditsiKuri uyu wa gatandatu ndetse no ku cyumweru tariki 28 na 29 Nzeri 20013 mu itorero ry’ADEPR Paroisse ya Gisenyi habereye ibiterane byahuje amakorari yo muri Paroisse 3 Mahoko , Rubona ndetse na Gisenyi buri ibi bitaramo bikaba byarahuje amakorari yabashije gushyira ku mugaragaro indirimbo zabo aha buri choral yabaga iherekejwe n;umuyobozi w’umudugudu ibarizwamo,uretse izikorari harimo kandi n’umuhanzi FRERE Manu wagize n’uruhare runini mu gutegura ibi bitaramo afatanije n’ubuyobozi bw’Itorero. (...)
-
Umubano w’umwihariko w’umukirisito n’Imana
9 July 2013, by UbwanditsiMu gice cya mbere cy’izi nyigisho, twavuze muri rusange ibintu bitandukanye byatumye hari abatubanjirije babaye intwari, tubasezeranya ko tuzakomeza dufata ingingo imwe imwe kugira ngo tuyisesengure neza.
Izi nyigisho muzigezwaho n’umuvugabutumwa Hakizimana Justin ubarizwa mu itorero rya ADEPR/ Muhima.
Uyu munsi turahera ku ngingo imwe mu byaranze abatubanjirije byatumye baba intwari ariyo “kugirana umubano wihariye n’Imana”.
Nunyura mu mazi nzaba ndi kumwe nawe, nuca mu migezi ntizagutembana (...) -
Korali Galeedi ya ADEPR Nyakabanda ( Kicukiro) mu giterane cy’iminsi ibiri mukarere ka Nyaruguru.
13 June 2012, by Ernest RutagungiraMu mpera z’iki cyumweru korali Galeedi yo mu itorero rya ADEPR kicukiro umudugudu wa Nyakabanda yakoreye igiterane cy’ ivugabutumwa mu ntara y’amajyepho akarere ka Nyaruguru ahahoze ari komini Kivu ihana imbibi n’ishyamba rya Nyungwe hafi y’umupaka w’u Rwanda n’u Burundi, bakaba baramazeyo iminsi ibiri guhera kuwa gatandatu tariki ya 9 kugeza ku cyumweru tariki ya 10 kamena 2012 baririmba, .
Nk’uko twabitangarijwe na Bwana BASEKA Isaac umuyobozi w’iyi korali, ngo bajyiye muri uru rugendo ku (...)
0 | ... | 680 | 690 | 700 | 710 | 720 | 730 | 740 | 750 | 760 | ... | 3150