Mugihe dukomeje kugenda twinjira mu minsi y’imperuka ni nako abantu b’Imana bakomeje guhinduka cyane mu mico no mu myifatire, ariko igiteye impungenge n’ubwoba cyane ni ibyaha by’urukozasoni bimaze kuba agahoma munwa kuburyo bimaze kuba indengakamere mu bantu, muri byo twavuga mo ubugome butigeze kubaho,ubwicanyi ariko noneho byagera mu busambanyi byo bikaba akumiro kuko burakabije mu bubatse ingo reka urubyiruko sinabona icyo mvuga.
Mu gice cya 7 cy’imigani hagira hati “Nari mpagaze ku (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Mwana wanjye ita ku bwenge bwanjye uhungire kure ubusambanyi bukugarije.
9 February 2016, by Ernest Rutagungira -
Ese Imana Izantabara?
19 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaWaba mubuzima butanezerewe kandi uri mubushake bw’Imana?
Yego, birashoboka. Ariko kandi wanaba no mu munezero mwishi wa mahoro.
Ku bantu bavuga bati : Ndi mubihe bigoranya kuko ariho Imana ishaka, ariko nubwo ari ubushake bw’Imana , ndihebye, ndahangayitse kandi sinezerewe, Hari inkuru nziza. Iyo Imana yemeye ko tuba mubihe nkibyo, iduha ubuntu budasanzwe bwo kubinyuramo. Ubwo buntu nibwo butuma abatureba batangara bati eeeeeee.... ntibyumvikana ko uyu muntu arimo kunyura mu bintu nkibi.. (...) -
Mugihe haburaga amasaha make ngo yicwe, hategetswe ko azamurwa mu ntera
2 February 2016, by Ernest RutagungiraUyu ni Morodekayi uvugwa muri Bililiya. Nuko umugore we Zereshi n’incuti ze zose bamugira inama bati “ : Nibashinge igiti kirekire cya mikono mirongo itanu maze ejo uzavugane n’umwami umusabe Morodekayi ukimumanikeho, uhereko ubone kujyana n’umwami mu ntera unezerwe. Nuko Hamani ashima iyo nama aherako ashinga igiti. (Esiteri 5:16).
Nyuma yaho gato,uwo munsi Umwami Ahasuwerusi agabira Umwamikazi Esiteri ibya Hamani umwanzi w’Abayuda .Maze Morodekayi aza imbere y’umwami kuko Esiteri yari yavuze (...) -
Ijambo ry’ Umunsi
10 March 2014, by UbwanditsiNkundira Uwiteka, kuko yumvise ijwi ryanjye no kwinginga kwanjye. Kuko yantegeye ugutwi, ni cyo gituma nzajya mwambaza nkiriho. (Zaburi 116:1-2)
-
Capati iryoha ishyushye
30 October 2012, by UbwanditsiCapati ni ifunguro rikundwa na benshi, bamwe mu bantu bakunda iki kiribwa batangaza ko ifata mu nda kandi ikaba itagira ingaruka ku buzima bw’umuntu.
Capati tumenyereye mu maresitora ya hano mu gihugu cyacu ngo yaba ikomoka mu gihugu cy’Ubuhinde, ikaba izwi kuva mu kinyejana cya 16.
Capati bayikora bagerageza kuyiha umubyimba muto cyane ushoboka mbese imeze nk’akababari nyuma bakayotsa ku ipanu yabugenewe.
Uko ikorwa :
Capati n’ubwo ari ikiribwa gikunzwe n’abantu bingeri zose, ni ukuvuga (...) -
Kwinegura kuzana impinduka (n’izindi ngeso nziza) - Rick Warren
17 July 2013, by Simeon NgezahayoImyaka 10 ishize yampinduye bingana iki? Ntekereza ko ngenda ndushaho kwisunga Yesu. Ikinejeje mu buzima bwa Gikristo ni uko nisunze Yesu. Nawe atura uwo wisunga.
Ubu sinshyigenga cyane nk’uko nari mbere mu buzima bwanjye. Iyo ukiri umusore, uba uri icyigenge. Wishyira hejuru, ugatekereza ko uzi byose. Nta muntu wishyira hejuru kurusha umunyeshuri wiga mu mwaka wa 3 wa tewolojiya, utekereza ko agiyte gushing itorero nyamara nta kintu na kimwe aba yakagira.
Gusenya imyumvire wubatse muri (...) -
Nari umunebwe uhinyura abandi, Yesu arankiza arampindura!
2 April 2013, by Simeon NgezahayoMuraho! Mbere ya byose ndizera ko nusoma ubu buhamya bugusubizamo imbaraga. Yesu Kristo ni Umwami nk’uko Bibiliya ibitubwira. Nta kintu na kimwe kibasha kuntandukanya n’urukundo rw’Imana, urwo yagaragarije muri Yesu kristo. Icyo tugomba gukora ni ukumusanga: "Kuko menye neza yuko n’aho rwaba urupfu cyangwa ubugingo, cyangwa abamarayika cyangwa abategeka, cyangwa ibiriho cyangwa ibizaba, cyangwa abafite ubushobozi, cyangwa uburebure bw’igihagararo, cyangwa uburebure bw’ikijyepfo, cyangwa ikindi (...)
-
Ijambo ry’ Umunsi
20 January 2014, by UbwanditsiNk’uko imisozi igose i Yerusalemu, ni ko Uwiteka agota abantu be, uhereye none ukageza iteka ryose. (Zaburi 125:2)
-
Wari uzi ko “Akabenzi” ari Inyama ishobora gutera indwara zirenga 35 ndetse ikaba yanaganisha ku rupfu?
3 October 2012, by UbwanditsiIngurube ni itungo rigira umwanda urebeye inyuma kuko akenshi rikunda kwibera mu isayo y’ibiribwa yasigaje n’ubwo na byo igera aho ikabirya yanabishyizemo imyanda iva mu mubiri wayo ! Nyamara n’ubwo igira umwanda usanga abenshi bakunda inyama yayo ku buryo bumva nta kindi kiyiruta mu nyama zisanzwe.
Umuntu ashobora kwibaza ati “Ese koko umwanda tubona ku mubiri w’ingurube hari aho waba uhuriye n’imyanda cyangwa se uburwayi bushobora gukomoka ku kabenzi ?”
Iyo uganiriye na bamwe mu (...) -
Umunsi warenze ingabano z’agakiza, no gupfa ntuzabura gupfa !
14 October 2012, by Alice RugerindindaBukeye umwami atumira Shimeyi aramubwira ati “ Wiyubakire inzu i Yerusalemu, uyigumemo, ntuzayivemo ngo ugire ugire ahandi ujya. Umunsi wavuyeyo ukambuka akagezi Kidironi, uzamenye neza ko utazabura gupfa. Amaraso yawe azabe ari wowe abaho.” Shimeyi asubiza Umwami ati “ Ibyo umbwiye ni byiza. Uko uvuze mwami Nyagasani, niko umugaragu wawe nzabigenza”. 1 Abami 2 : 36 -38
Imana itugirire neza cyane. Uyu Shimeyi ngo yari mwene Gera w’Umubenyamini w’I Bahurimu. Igihe kimwe yavumye umwami Dawidi (...)
0 | ... | 890 | 900 | 910 | 920 | 930 | 940 | 950 | 960 | 970 | ... | 3150