Ijoro ryo kuramya no guhimbaza Imana riba buri mwaka kuri ubu ryaba rigiye kongera kuba, aho rizaba kuwa 23 Ugushyingo 2012 i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali. Mu kiganiro umwe mu bashizwe gutegura iryo joro Christian Kajeneli yavuze ko bateganya gukora ijoro ryo kuramya no guhimbaza mu Gushyingo 2012 bita (Africa Let’s Worship Aflewo) riba buri mwaka.
Christian yagize ati “iki gikorwa ni nshuro ya kabiri kigiye kuba kuri ubu twiteguye ko kizagenda neza kandi tukaba dusaba amatorero (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Ijoro ryo kuramya no guhimbaza rirategerejwe
4 November 2012, by Patrick Kanyamibwa -
Korare Rehoboth yataramiye abatuye umurenge wa Gahanga.
14 October 2012, by UbwanditsiKuri iki cyumweru taliki ya 14/10/12 mu murenge wa Gahanga habereye igiterane cyateguwe na Korare Inshuti za Yesu ikorera umurimo w’ Imana mu itorero rya ADEPR Gahanga. Ahagana saa mbiri n’ igice korare Rehoboth yari igeze i Gahanga n’abaterankunga bayo, yakiriwe na bagenzi babo chorale Inshuti za Yesu ikaba yari iherekejwe n’ abakozi b’ Imana batandukanye harimo mwalimu Nyirantego Philomene akaba ari n’ umuyobozi w’ umudugudu wa ADEPR Rukiri ya 2. Hari kandi na Pastor Ngamije Viateur ukorera (...)
-
Ubuzima bwawe bukwiye gutera abandi guhimbaza Imana
2 October 2015, by Innocent KubwimanaAbantu akenshi twita abo hanze cyangwa se abadakijijwe bahora bitegereza umuntu ukijijwe uko abayeho, uko yitwara mu bikomeye, imyitwarire yawe n’ibindi. Ni byiza kuzirikana ko ibikorwa byawe niba ukijijwe, amagambo yawe bisobanura uwo uri we. Iyi niyo mpamvu Imana idusaba niba twarayimenya kwitwararika cyane kuko byo ubwabyo bifitemo ivugabutumwa. Imana ihamagarira uwakijijwe wese kuba itabaza mu isi, aho uba, ukorera, mbese dukwiye guhora twibaza ikibazo ngo mbese imyitwarire yacu hari (...)
-
Ni gute twabaho turi abakristo barangwa n’ukuri muri byose. Evangeliste Claude
28 June 2016, by Rudasingwa Jean ClaudeMuri iyi minsi turi kubona abantu benshi bari kureka kunyura mu nzira ifunganye ,ariyo nzira y’ukuri izatugeza umu ijuru ,aho kunyura muri iyo nzira isaba gukoresha ukuri muri byose ,abantu bari kunyura mu nzira y’ibinyoma bakareka gukoresha ukuri bakayoba bakihakana umwami wacu Yesu kubwo gushaka indamu mbi ibyo byatumye twibaza iki kibazo:”Ni gute twabaho turi abakristo barangwa n’ukuri muri byose bashimwa n’abantu kandi bashimwa n’Imana muri iki gihe cya none”?
Igisubizo kicyo kibazo (...) -
Chorale Abatoranijwe-Murambi ADEPR-Gatenga yateguye igiterane kidasanzwe cy’ivugabutumwa!
13 June 2012, by Innocent KubwimanaChorale Abatoranijwe ni mwe mu makorari atatu akorera ku mudugudu wa Murambi ADEPR-Gatenga ikaba imaze igihe ikorera umurimo w’Imana kuri uyu mudugudu dore ko ari nayo yabanje kuhaba yewe mbere y’uko umudugudu unavuka.
Mu ntego zabo ngo bazirikana cyane inshingano Yesu yasize yo kubwiriza ubutumwa bwiza akaba ari muri urwo rwego bateguye igiterane cy’ivugabutumwa cyane ko basanga ahantu batuye hakeneye ivugabutumwa ryaguye nk’uko twabitangarijwe n’Umuyobozi w’iyo korari INGABIRE Marie Claire. (...) -
Ijambo ry’ umunsi
14 August 2012, by UbwanditsiNuko ijambo ry’ Uwiteka rinzaho riti: Nakumenye ntarakuremera mu nda ya nyoko kandi nakwejeje utaravuka, ngushyiriraho kuba umuhanuzi uhanurira amahanga. Yeremiya 1:4-5
-
Gusubirana ibihe byiza bya kera
28 July 2015, by Innocent KubwimanaIyo tuvuze gusubira mu bihe bya kera byumvikana ko hari ibihe bishya umuntu arimo ariko atakagombye kuba arimo, birumvikana ko ari umuntu uhagaze mu bihe bibi wifuza kujya mu byiza, ni umuntu ushaka kuva mu bihe by’umubabaro, by’agahinda, by’amaganya, ibihe byo kwiheba mbese muri rusange ni umuntu wamaze gusobanukirwa ko aho ari atari ho yagombye kuba.
Turasoma Zaburi 51:12- cyangwa 10- muri Bibiliya zimwe niho Umwami Dawidi yanditse agira ati “Mana undememo umutima wera, unsubizemo umutima (...) -
“Nzineza” indirimbo ye ya kabiri y’amajwi umuhanzi Shumbusho Patrick yasohoye
30 November 2012, by Patrick KanyamibwaPatrick Shumubusho umuhanzi nyarwanda mushyashya uririmba, yasohoye indirimbo “Nzineza” iri mu njyana ya slow R&B, ibi akaba ari nyuma y’indirimbo ye ya mbere yasohoye mu kwezi kwashize yari yise “Icyo usabwa”
Ubusanzwe Shumbusho yatangiye ubuhanzi 2010, atangira ubuhanzi akora ku giti cye nkuko yabidutangarije doreko atigeze anyura muri Korali cyangwa irindi tsinda ririmba, akaba yaravukiye mu muryango w’abarokore kuko yasanzwe iwabo basenga. Indirimbo ze ni Producer david uzimukorera, (...) -
Ibanga ry’ibishimo bihoraho Dr Fidèle MASENGO
17 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaHabakuki 3:17-18 Naho umutini utatoha n’inzabibu ntizere imbuto, Bagahingira ubusa imyelayo n’imirima ntiyere imyaka, N’intama zigashira mu rugo n’amashyo akabura mu biraro, Nta kabuza ko nishimana Uwiteka, Nkanezererwa mu Mana y’agakiza kanjye.
Kimwe mu byanditswe bikomeye nkunda kiri muri iki gitabo cy’Umuhanuzi Habakuki. Kiravuga ngo "umukiranutsi azabeshwaho no kwizera kwe".
Iki gitabo gikangurira buri mukristo kwizera Imana mu bihe byose anyuramo. By’umwihariko, cyibutsa abantu kwizera (...) -
Burya umutwaro Yesu akwikoreza niwo wawe
24 September 2015, by Innocent KubwimanaMwese abarushye n’abaremerewe nimuze munsange ndabaruhura. Mwemere kuba abagaragu banjye munyigireho, kuko ndi umugwaneza kandi noroheje mu mutima, namwe muzabona uburuhukiro mu mitimayanyu, kuko kunkorera kutaruhije, n’umutwaro wanjye utaremereye. Matayo 11.28-30.
Hari igitekerezo kimwe cy’abagabo bari berekeje mu gihugu cyari hakurya y’uruzi ariko buri wese yagombaga kugenda ahetse umusaraba we, ubwo bari munzira bagenda, umugabo umwe yitegereje uwe musaraba abona nimuremure kandi ni (...)
0 | ... | 920 | 930 | 940 | 950 | 960 | 970 | 980 | 990 | 1000 | ... | 3150