Imyaka 10 ishize yampinduye bingana iki? Ntekereza ko ngenda ndushaho kwisunga Yesu. Ikinejeje mu buzima bwa Gikristo ni uko nisunze Yesu. Nawe atura uwo wisunga.
Ubu sinshyigenga cyane nk’uko nari mbere mu buzima bwanjye. Iyo ukiri umusore, uba uri icyigenge. Wishyira hejuru, ugatekereza ko uzi byose. Nta muntu wishyira hejuru kurusha umunyeshuri wiga mu mwaka wa 3 wa tewolojiya, utekereza ko agiyte gushing itorero nyamara nta kintu na kimwe aba yakagira.
Gusenya imyumvire wubatse muri (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Kwinegura kuzana impinduka (n’izindi ngeso nziza) - Rick Warren
17 July 2013, by Simeon Ngezahayo -
Nari umunebwe uhinyura abandi, Yesu arankiza arampindura!
2 April 2013, by Simeon NgezahayoMuraho! Mbere ya byose ndizera ko nusoma ubu buhamya bugusubizamo imbaraga. Yesu Kristo ni Umwami nk’uko Bibiliya ibitubwira. Nta kintu na kimwe kibasha kuntandukanya n’urukundo rw’Imana, urwo yagaragarije muri Yesu kristo. Icyo tugomba gukora ni ukumusanga: "Kuko menye neza yuko n’aho rwaba urupfu cyangwa ubugingo, cyangwa abamarayika cyangwa abategeka, cyangwa ibiriho cyangwa ibizaba, cyangwa abafite ubushobozi, cyangwa uburebure bw’igihagararo, cyangwa uburebure bw’ikijyepfo, cyangwa ikindi (...)
-
Ijambo ry’ Umunsi
20 January 2014, by UbwanditsiNk’uko imisozi igose i Yerusalemu, ni ko Uwiteka agota abantu be, uhereye none ukageza iteka ryose. (Zaburi 125:2)
-
Wari uzi ko “Akabenzi” ari Inyama ishobora gutera indwara zirenga 35 ndetse ikaba yanaganisha ku rupfu?
3 October 2012, by UbwanditsiIngurube ni itungo rigira umwanda urebeye inyuma kuko akenshi rikunda kwibera mu isayo y’ibiribwa yasigaje n’ubwo na byo igera aho ikabirya yanabishyizemo imyanda iva mu mubiri wayo ! Nyamara n’ubwo igira umwanda usanga abenshi bakunda inyama yayo ku buryo bumva nta kindi kiyiruta mu nyama zisanzwe.
Umuntu ashobora kwibaza ati “Ese koko umwanda tubona ku mubiri w’ingurube hari aho waba uhuriye n’imyanda cyangwa se uburwayi bushobora gukomoka ku kabenzi ?”
Iyo uganiriye na bamwe mu (...) -
Umunsi warenze ingabano z’agakiza, no gupfa ntuzabura gupfa !
14 October 2012, by Alice RugerindindaBukeye umwami atumira Shimeyi aramubwira ati “ Wiyubakire inzu i Yerusalemu, uyigumemo, ntuzayivemo ngo ugire ugire ahandi ujya. Umunsi wavuyeyo ukambuka akagezi Kidironi, uzamenye neza ko utazabura gupfa. Amaraso yawe azabe ari wowe abaho.” Shimeyi asubiza Umwami ati “ Ibyo umbwiye ni byiza. Uko uvuze mwami Nyagasani, niko umugaragu wawe nzabigenza”. 1 Abami 2 : 36 -38
Imana itugirire neza cyane. Uyu Shimeyi ngo yari mwene Gera w’Umubenyamini w’I Bahurimu. Igihe kimwe yavumye umwami Dawidi (...) -
Humura nawe wakira kuko Yesu arabishaka!
1 September 2015, by Ubwanditsi‘’Amanutse kuri uwo musozi, abantu benshi baramukurikira. Maze haza umubembe aramwegera, aramupfukamira aramubwira ati “Mwami, washaka wabasha kunkiza.” Arambura ukuboko amukoraho ati “Ndabishaka kira.” Uwo mwanya ibibembe bye birakira. Yesu aramubwira ati “Wirinde ntugire uwo ubwira, ahubwo genda wiyereke umutambyi, uture n’ituro Mose yategetse ribabere ikimenyetso cyo kubahamiriza.” Matayo 8:1-4
Ubundi iyo umuntu yabaga afite iyi ndwara y’ibibembe yahitaga ashyirwa mu kato, ntabwo yabaga (...) -
Korali La Lumière yagaragaje urukundo ikunda umurimo w’ivugugabutumwa kuri ADEPR Muyongwe (Gakenke)
17 February 2014, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa 15-16 Gashyantare 2014, korali La Lumière mu giterane cy’ivugabutumwa cyabereye mu murenge wa Muyongwe (Gakenke) mu itorero ry’akarere rya ADEPR Gakenke, yagaragaje imbaraga mu ivugabutumwa ryabo ritagira umupaka haba mu mujyi cyangwa mu cyaro cyane ko iyi korali ibarizwa mu mujyi wa Kigali kuri ADEPR ya Nyanza ya Kicukiro.
Chorale La Lumiere
Ku mudugudu wa ADEPR Muyongwe ahabereye iki giterane, abantu bari urujya n’uruza baba abasengera muri iri torero ndetse n’abasengera mu (...) -
“GUKIZWA”: ijambo rikunze gutera urujijo mu bantu
1 August 2012, by BYABEZA Levis PasteurGukizwa ni ijambo benshi basobanura mu buryo budatomoye bigatuma benshi badasobanukirwa n’uburyo bakizwamo. Benshi iyo unababajije niba bakijijjwe bashidikanya ku gisubizo baguha. Aha twakibaza niba waba ukijijwe ariko utabizi? Ese wakakira Yesu mu mutima wawe ukabishidikanyaho cyangwa ukabiyoberwa?
Mwene Data mbere y’uko ukomeza gusoma iyi nkuru wakagombwe kubanza kwibaza niba ukijijwe cyangwa udakijijwe. Ubaye ukijijwe ntibyakubuza gusoma , ubaye udakijijwe cyangwa utazi neza gukizwa icyo (...) -
Gukorera Imana mugihe gikwiriye nikidakwiriye
14 October 2015, by Innocent KubwimanaUmugabo witwa Pawulo yari umukozi w’Imana, yakoze umurimo w’Imana mubihe bikomeye ubwo intumwa zari ziri mukaga, zizira izina rya Yesu, yagiye afungwa kenshi azira izina rya Yesu ndetse yagiye akubitwa kubwe, ariko nubwo byari bimeze bityo ntiyigeze acogora gukorera Imana.
Mugihe rero yagendaga mubice bitandukanye by’isi avuga ubutumwa yaje guhura na Timoteyo aramubwiriza, gusa uyu Timoteyo no mubuzima busanzwe yarafite imico myiza ishimwa, nicyo cyatumye Pawulo amwitaho aramurera mugakiza (...) -
Imana yankijije SIDA, impa n’ubugingo – Christ
8 July 2013, by Simeon NgezahayoMuraho?
Izina ryanjye risobanura "Gukiranuka kw’Imana". Navukiye mu gisagara cya Tabase, Umujyi wa Mthatha ho mu burasirazuba bwa Cape, Afurika y’Epfo. Nakuriye mu muryango wa Gikristo, ariko sinigeze menya ibyo kuvuka ubwa kabiri cyangwa ibyo gukurikira Yesu n’umutimwa wanjye wose, gutanga kimwe mu icumi n’ibindi. Narakuze rero, icyo nari nzi gusa ni uko ku cyumweru ari ugusenga, naho indi minsi umuntu agakora imirimo isanzwe.
Maze kugira imyaka 14, navutse ubwa kabiri ariko Satani araza (...)
0 | ... | 900 | 910 | 920 | 930 | 940 | 950 | 960 | 970 | 980 | ... | 3150