Maze uwo munsi Mose ararahira ati ‘’ Ni ukuri igihugu wakandagiyemo kizaba gakondo yawe n’iy’abana bawe iteka ryose, kuko womatanye n’Uwiteka Imana yanjye rwose’’ (Yosuwa 14:9)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Ijambo ry’ Umunsi
20 July 2013, by Ubwanditsi -
Imana izabacira akanzu.
29 September 2015, by Alice Rugerindinda"Nta kigeragezo kibasha kubageraho kitari urusange mu bantu; kandi Imana ni iyo kwizerwa, kuko itazabakundira kugeragezwa ibiruta ibyo mushobora, ahubwo hamwe n’ikibagerageza izabacira akanzu, kugira ngo mubone uko mubasha kucyihanganira." 1 Abakorinto 10:13
Iyo umuntu ari mu bigeragezo akenshi icya mbere kimubaho ni uguterwa n’ubwihebe ndetse agatangira kwibwira ko Imana yamutaye, akaba yashidikanya ku mbaraga n’ubushobozi bw’Imana ndetse rwose ukwizera kwe kukaba kwanacika intege. Ariko (...) -
Umuvugo: NIMUNDEKE MVUGE IMANA
17 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMpanitse inganzo ngamije ingingo Mvuga Umugenga ugaba ubugingo Ariwe Yesu Umukiza wacu Iyo agusanze asiga agusize Mwuka wera akubamo iteka 6. Maze umutwaro akawugutura
Ndavuga Yesu Umukiza wacu Ni we mubana mu bihe byose Habe mu byiza cyangwa ibyago Si nk’abatuye isi mbona nkuma Bo bagukunda uri umutunzi 12. Waba umworo bakaguheza
Nyamara Yesu we si ko agenza Ahubwo akwambika iy’urugamba Ngo uzabe intwali mu gihe cyabyo Iminsi ihaanda ikaguhonyora Ariko Yesu afite umugambi 18.Wo kukwemeza (...) -
Umwami Imana izi gukiza abayubaha ibibagerageza byose.
17 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO : UMWAMI IMANA IZI GUKIZA ABAYUBAHA IBIBAGERAGEZA BYOSE
2 Petero 2 : 9 Umwami Imana izi gukiza abayubaha ibibagerageza. Abaheburayo 2 : 18 Kuko ubwo yababajwe no kugeragezwa ubwe abasha gutabara abageragezwa bose.
Muri iyi nzira ijya mu ijuru buri wese aba afite ibimugerageza. Bishobora kuba byinshi cyangwa kimwe ariko kimuvuna, kimugora.
Ariko Imana twizera, tubana nayo izi gukiza abayubaha bose ibibagerageza. Iyo uri mu mwanya mwiza Imana ntibura kugutabara.
Ugiye mu buhamya (...) -
Gusuzugura ikigeragezo ukakimaramo imbaraga , niko kukinesha!
4 May 2016, by Alice Rugerindinda“Mbese uwo mufilisitiya utakebwe usuzugura ingabo z’Imana ihoraho ni muntu ki ? 1 Samuel 17:26. Who is this pagan Philistine anyway, that he is allowed to defy the armies of the living God?
Uyu mufilisitiya utakebwe uvugwa hano ni Goliyati . Igihe kimwe yazengereje abisirayeri, bariheba pe, bagera kure, bamurebaga igihagararo, bakamureba intambuko, ubwishongozi, iterabwoba rye n’ibitutsi bye, bakabona nta buhungiro buhari. Ariko gutabarwa kwacu kuva ku Uwiteka waremye ijuru nisi. Imana (...) -
Ni iki cyatumye Yesu abambwa ku musaraba?
28 March 2016, by Simeon NgezahayoNk’uko byari byarahanuwe, igihe cyarageze Yesu arapfa. Urupfu rwa Yesu abantu barwitwayemo mu buryo butandukanye. Bamwe baramwishe, ndetse babikora bumva nta mutima ubacira urubanza kuko bari bamugeretseho ibirego bakamwita umunyabyaha. Gusa n’ubundi Yesu yari yikoreye ibyaha, ariko uburyo babivugamo si ko biri. Kimwe mu byaha bikomeye Yesu yaregwaga ni ukwigereranya, kuko yababwiye ko ari Umwana w’Imana. “Abayuda baramusubiza bati ‘Dufite itegeko, ku bw’iryo tegeko akwiriye gupfa kuko yigize (...)
-
Nyuma y’iminsi ine ndi gutemberezwa mu ijuru n’Umwami Yesu nongeye kugarurwa mu mubiri
12 December 2012, by UbwanditsiNitwa Domithila NABIBONE navukiye mu misozi y’i MULENGE mu Gihugu cya KONGO, mvukira mu muryango w’abakristu kuva igihe navukiye nabonaga iwacu tujya gusenga .Twasengeraga muri KIRIZIYA GATURIKA ndetse ababyeyi banjye bari abayobozi bakomeye muri Kiriziya yacu.Nakundaga cyane kujya gusenga. Nkiri umwana muto sinakundaga kuvuga naracecekaga cyane kandi kubera ibyo abantu bakankuda cyane.
Nakundaga cyane kujyana n’ababyeyi banjye gusenga, icya kabiri nakundaga idini ryanjye kuko ryari idini (...) -
Ibyo turebesha amaso sibyo kuri
16 March 2016, by Pastor Desire Habyarimana" Kuko tudakirana n’abafite amaraso n’umubiri, ahubwo dukirana n’abatware n’abafite ubushobozi n’abategeka iyi si y’umwijima n’imyuka mibi y’ahantu ho mu ijuru " (Abefeso 6,12).
Umwanditsi w’umuhanga w’Umugiriki witwa Plato yanditse inkuru yitwa " Imfungwa zo mu buvumo" (Le myithe de la Caverne). Muri iyo nkuru avuga mo abantu bari bafungiye mu buvumo, bateye umugongo umuryango w’ubuvumo kandi badashobora guhindukira.
Iyo izuba ryavaga, babonaga igicucu cy’ibintu byose byacaga imbere y’ubuvumo (...) -
Ikitanyeganyeje umutima wawe n’uw’Imana ntikiwunyeganyeza
30 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaSinatamba igitambo cyoswa ntagitanzeho ibyanjye- 1 Ngoma 21:24
Abantu benshi bakorera Imana. Ibi ni byiza ariko iyo urebye hari ijambo dukwiye gusobanukirwa cyane, ni uko imigisha yose Imana yayikubiye mu gutanga kuko gutanga bizana umugisha kuruta guhabwa, abantu bakunda guhabwa ariko gutanga biragoye ariko Imana yaduhaye urugero aho yatanze umwana wayo imufite ari umwe(Yohana 3:16).
Mbere y’uko utanga ibyawe ngo ufashe abakene, utere inkunga umurimo w’ Imana, Imana irashaka ko ari wowe (...) -
Imana ntiyabura aho ihera ikugirira neza . Alice Rugerindinda
23 July 2015, by Alice Rugerindinda“ Mu murwa w’I Shushani hari Umuyuda witwaga Moridekayi mwene Yayiri mwene Shimeyi mwene Kishi Umubenyamini. Yayiri yajyanywe ari imbohe n’abandi banyaganywe I Yerusalemu na Yekoniya umwami w’Abayuda, ubwo yanyagwaga na Nebukadinezari umwami w’I Babuloni. Moridekayi uwo niwe wareze Hadasa ariwe Esiteri umukobwa wase wabo, kuko yari imfubyi adafite se na nyina, kandi uwo mukobwa yari umunyagikundiro afite uburanga. Se na nyina bamaze gupfa , Moridekayi aramujyana amurera nk’umwana we”. Esiteri (...)
0 | ... | 940 | 950 | 960 | 970 | 980 | 990 | 1000 | 1010 | 1020 | ... | 3150