Kuri iki cyumweru taliki 19 Kanama 2012, korali ISHIMWE yakoresheje igiterane muri paruwasi ya Cyegera, umudugudu wa Rukamira, Akarere ka Huye, Intara y’Amajyepfo. Muri iki giterane, iyi korali yataramiye abari bateraniye aho biratinda kuko yatanze ubutumwa mu ndirimbo zigera kuri 25.
Iyi korali ikorera umurimo w’Imana mu Karere ka Karongi, paruwasi ya Kibuye, umudugudu wa KIBUYE yaranzwe no kwiyubaka mu buryo butangaje. Ubusanzwe yavutse mu w’1968, ariko muri Jenoside yakorewe Abatutsi yo mu (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Korali Ishimwe mu ivugabutumwa i Cyegera
21 August 2012, by Ubwanditsi -
Haranira ubuhamya bwiza imbere y’Imana n’abantu!
2 February 2016, by Innocent KubwimanaMuhagarare mushikamye mukenyeye ukuri mwambaye gukiranuka nk’icyuma gikingira igituza. (Abefeso 6:14)
Mu bintu byose Paulo yahuguriye abakristo, yongeyeho ngo mukenyere ukuri. Ukuri ni ikintu gikomeye ndetse kitoroshye kurindwa kuko akenshi ushobora gusanga hari aho wakureka ukabyungukiramo mu buzima busanzwe ukaba urirengeye, ariko nubwo bimeze bityo niyo ntwaro wakwitwaza umwanzi ntabone icyo akakurega, ikindi gukomera kukuri bihindura umuntu inyangamugayo cyangwa se uwo kwizerwa bitari (...) -
Papa Francis yasabye abantu guha amahoro abatinganyi
21 September 2013, by UbwanditsiPapa Fracis wa mbere, yasabye abagize Kiliziya Gatorika kudatwarwa n’inyigisho zisa n’iza kera zituma abantu baciraho iteka abagabo baryamana n’abandi bagabo kimwe n’abagore bakuramo inda ngo kuko byatuma Kiliziya isenyuka mu buryo butunguranye.
Nk’uko urubuga rwa Al Jazeera rwabyanditse, ibi Papa yabitangarije ikinyamakuru cyo mu Butaliyani, aho yagize ati : “Kiliziya imaze iminsi iremereza utuntu tutagakwiye kuremera, itinda cyane ku mitekerereze yo kureba hafi.”
Yatangaje kandi ko abapadiri (...) -
Ese byashoboka ko ndamya Imana mu byo nkora byose?
26 August 2015, by Innocent Kubwimana‘’Ibyo mukora byose mubikorane urukundo.’’ 1 Abakorinto 16:14
Intumwa Pawulo hano ntabwo atoranya ibyo dukora, ahubwo aravuga ko ibyo dukora byose dukwiye kubikorana urukundo.
Pawulo ahamya ko ibyo umuntu yakora byose biramutse bidashingiye ku rukundo nta gaciro. Aragira ati ‘’Kandi nubwo natanga ibyanjye byose ngo ngaburire abakene, ndetse nkitanga ubwanjye ngo ntwikwe ariko singire urukundo, nta cyo byamarira.’’ 1 Abakorinto 13:3
Birashoboka ko waramya Imana mu bintu byose ukora. Umurimo wose (...) -
Abanyeshuri basoza ayisumbuye bo muri Fawe Girls kuri kino cyumweru taliki ya 14/10 barifatanya nabahanzi batandukanye kuramya Imana
11 October 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko bimaze kumenyerwa buri mpera zumwaka w’amashuri hirya no hino mubigo bishingiye kumadini yagikristo ndetse nibindi bitagize amadini bishingiyeho , amatsinda yogusenga aba akoreramo ategura ibitaramo byogusoza umwaka . Muri ibyo bitaramo mubusanzwe haba hateguwe zagahunda nyinshi zitandukanye aha navuga nkihererekanyabubasha kubuyobozi bugiyeho nubwari busanzweho,gusengera abagiye gukora ikizamini cya Leta ndetse nogushima Imana. Ni muri urwo rwego mukigo cyamashuri y’isumbuye cya Fawe (...)
-
Turi impumuro nziza ya Kristo ku Mana hagati y’abakira n’abarimbuka
8 February 2016, by Alice Rugerindinda“Kuko turi impumuro nziza ya Kristo ku Mana hagati y’abakira n’abarimbuka. Kuri bamwe turi impumuro y’urupfu izana urupfu ariko ku bandi turi impumuro y’ubugingo izana ubugingo.” 2 Abakorinto 2: 16
Nasanze mu mahanga yose nta muntu udakunda guhumura neza. Iyo umuntu yiteye parfum ihumura neza (umenya bayita imibavu mu Kinyarwanda), sinzi niba arijye bibaho jyenyine , buri muntu wese amukurikiza amazuru kugirango yumve iyo mpumuro!!!
Hari abantu bagira impumuro mbi kuburyo iyo binjiye aho (...) -
Byanshimishije kuba Miss Philipine 2012 ari umurokore: Joyce Ann Burton
31 May 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.comkanaga ubwambuJoyce Ann Burton wabayeho miss philipine muri 1985 yishimye cyane kuba Stephanie Stefanowitz ariwe watsindiye kuba Miss Philipine 2012 uzahagararira icyo gihugu kw’Isi kandi ar’umwari wih’agaciro ukijijwe,nk’uko yatowe kuri uyu wa 27/05/2012. Miss Stephanie Stefanowitz akaba yari yambaye neza rwose byananyuze abari muri ibyo birori doreko imyambarire ye yari itandukanye niyabagenzi be kuko bo berere bwabo .Joyce akaba yashimishijwe no kuba abonye mugenzi we bahuje ukwemera mu (...)
-
Ubuhamya: IMANA YACISHIJE AMASEZERANO YANJYE MU MPANO YO GUHIMBAZA - Pastor MUNEZERO Jean Damascene (Igice cya 2)
29 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNasabye undi mukobwa witwa NIBAGWIRE Olive wo mu Bukomane bwa Nyakayaga ho muri Gatsibo, dutera igikumwe. Jenoside ibaye mu Rwanda mu w’1994 interahamwe zijya kwa databukwe bose zirabica zirabamara, fiancé wanjye aba arapfuye bintera ikindi gikomere ariko Imana irambwira ngo izandinda. Igihe Imana yabimbwiraga narayibwiye nti “Abantu banjye bapfuye, abo nayoboraga bapfuye, na fiancé wanjye bamwishe.” Imana ikomeza kumbwira ngo izabana nanjye.
Imana yaje gukora ikindi gitangaza kubera ibyo (...) -
No mu mibabaro yacu, Imana ikeneye ko tuyigirira ikizere
28 August 2015, by Innocent KubwimanaNari nizeye ubwo navugaga nti “Narababajwe cyane.” Zaburi 116:10 Aha hameze nk’aharimo urujijo ukuntu umuntu ababazwa yarangiza akanagira kwizera. Ubundi mu bintu bikamura kwizera k’umuntu rimwe na rimwe akanatakariza Imana ikizere harimo n’imibabaro.
Kubera ko muri kamere muntu habamo kwibagirwa ikimubayeho kigakabya cyose kimwibagiza ibyabanje, ni ukuvuga iyo umuntu ababaye yibagrwa iminsi yishimye, kimwe nuko iyo yishimye yibagirwa iminsi yababaye. Dawidi yanyuze muri byinshi ariko ashimira (...) -
Ibinyamavuta n’ibinyasukari biratugwa agatoki ku gutuma abantu basaza imburagihe
25 January 2013, by UbwanditsiAbahanga mu by’imirire bagaragaza ko hari ubwoko bw’ibiribwa umuntu ashobora gufata bigatuma asaza mu gihe gito, bitewe n’imihindagurikire y’umubiri.Muri ibyo biribwa, ibinyasukari n’ibinyamavuta biza ku isonga.
Amakuru atangazwa n’urubuga TrustAboutAbs, avuga ko hari ubushakashatsi bwagaragaje ko hari ibiribwa abantu bafata ugasanga bagaragara nk’abashaje kandi bakiri bato ; hakaba n’ibindi umuntu afata agakomeza kugumana itoto.
Mu bintu bitatu bijya mu mubiri w’umuntu bikagira uruhare ku buryo (...)
0 | ... | 2260 | 2270 | 2280 | 2290 | 2300 | 2310 | 2320 | 2330 | 2340 | ... | 3150