Nuko abacira umugani ati: Hariho umukungu wari ufite imirima irumbuka cyane, nuko aribaza mu mutima we ati: Ndagira nte ko ntafite aho mpunika imyaka yanjye?. Aribwira ati: ndabigenza ntya: Ndasenya urugarama rwanjye nubake urundi runini, abe arimo mpunika imyaka yanjye yose n’ibintu byanjye. Nibwo nzabwira umutima wanjye nti: Mutima, ufite ibintu byinshi bibikiwe imyaka myinshi, ngaho ruhuka, urye , unywe, unezerwe. Ariko Imana iramubwira iti “ Wa mupfu we, muri iri joro uranyagwa ubugingo (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Ubutunzi bwawe uri kububitsa he?
5 March 2014, by Alice Rugerindinda -
Ubusaza bwo mu mwuka! Pastor Desire
4 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMurabizi ko umuntu avuka, agakura, akazagera igihe agasaza. Niko bimeze no ku bintu byose kandi no mu mwuka naho utarebye neza wasaza n’ ubwo bitari byiza kuko mu mwuka ntabwo twemerewe gusaza. Bibiliya iravuga iti: ”Abasore b’ imigenda bazacogora baruhe ariko abategereza Uwiteka bazasubizwamo intege shya, bazatumbagira mu kirere baziruka be kunanirwa, bazagenda be gucogora(Yesaya 40:29-31) Muri iyi si, ibituma dusaza ni byinshi. Harimo ubukene, ubukire, gusuzugurwa, kubahwa, gusonza no (...)
-
Ibikorwa bya muntu ni ingaruka z’imitekerereze ye. Pst Kazura Jules
6 May 2014, by UbwanditsiKuko uko atekereza ku mutima ariko ari (Imigani 23:7)
Burya ibyo dutekereza ni byo bivamo ibyo dukora n’uko twitwara. Ushoboye kugenzura no gutegeka ibyo utekereza, imikorere, imivugire n’imyitwarire yahinduka.
Ni ngombwa kurinda ibyinjira mu mitima yacu aha ni ukuvuga mu bitekerezo byacu, niyo mpamvu Salomoni yavuze ngo: “Rinda umutima wawe kuruta ibintu byose birindwa kuko muri wo ari ho iby’ubugingo bikomoka (Imigani 4:23).
Yakobo nawe yatwigishije ko ibyaha bitangirira mu bitekerezo (...) -
Bakobwa mwirinde intoki zabahungu zibakorakora zitagira gahunda!
4 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaHari ubwo ujya ubona abana b’abahungu bafite udutoki duhora turyaryata, bashaka iteka gukora ku bakobwa, hari abazi kubikora bitonze, muri buri kiganiro n’umukobwa aba ashaka kumufata k’urutugu, mu mayunguyungu, iteka aba ashaka kubahanagura imyanda hari nabashaka no kubakandakanda mu mugongo, kubakandakanda ku ntugu, kubashimashima mu mutwe, gukanda kanda intoki, hari n’abakobwa njya mbona batagira isoni zo kwicara ku bibero by’abasore, mbega ubupfu bwo kutamenya imikorerey’umubiri ? N’ibindi (...)
-
Nyuma yo kuva muri Canada mu giterane cy’ivugabutumwa, Eunice Njeri yerekeje muri RDC
25 October 2013, by Simeon NgezahayoEunice Njeri ni umuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Kenya. Uyu muhanzikazi rero wari umaze iminsi mu gihugu cya Canada mu giterane cyo kwitanga mu nyubako z’insengero, ubu aritegura kwerekeza muri
Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo.
Nyuma yo kuva mu ruzinduko rw’ivugabutumwa mu gihugu cya Canada, Njeri yafatanije na bagenzi be Lady Bee na Grace Mwai kwamamaza ubutumwa bwiza mu mashuri yisumbuye.
Kuva taliki 24 Ugushyingo kugeza taliki 1 Ukuboza uyu mwaka, Eunice Njeri azataramira (...) -
Theo Bosebabireba arasabwa gusaba imbabazi nyuma yo gukorana indirimbo n’umuyisilamu utemera Yesu, Ama G The Black
17 October 2013, by UbwanditsiNyuma y’uko umuhanzi mu ndirimbo zihimbaza Imana, Theo Bosebabireba akorananiye indirimbo n’umuraperi Ama G The Black, itorero rye rya ADEPR ryamusabye ko agomba gusaba imbabazi kubera ikosa yakoze ryo gukorana indirimbo n’umuyisilamu.
Ku nshuro ya mbere nibwo Theo Bosebabireba yakoranye indirimbo yitwa "Ingoma Yawe niyogere Remix" afatanyije n’umuhanzi uririmba indirimbo zisanzwe benshi bakunze kwita iz’isi witwa Ama G The Black.
Mu kiganiro yagiranye na Isange ari nayo dukesha iyi nkuru (...) -
NIGERIA: Umuryango uhuza Abakristo urashima icyemezo cya Guverinoma y’Amerika cyo kubohoza abakobwa b’abanyeshuri bashimuswe na Boko Haram
9 May 2014, by Simeon NgezahayoUmuryango uhuza Abakristo bakomoka muri Nigeria baba muri Amerika arashima Guverinoma y’Amerika nyuma y’aho itangarije ko igiye kohereza ingabo muri Nigeria mu rwego rwo gukiza abanyeshuri b’abakobwa basaga 270 bashimuswe n’umutwe w’intagondwa z’Abisilamu Boko Haram. Uyu muryango ngo wahise utabaza byihuse ukimara kumva iyi nkuru y’incamugongo. Aba bana b’abanyeshuri ngo basaga 270 bose hamwe ngo bashimuswe nyuma y’aho uyu mutwe w’iterabwoba w’Abisilamu Boko Haram wagotaga ikigo bigaho giherereye (...)
-
Nta kintu kigora nko gushaka gukorera Imana na satani icyarimwe! Alice Rugerindinda
21 March 2014, by Alice Rugerindinda“Uwiyita Amen, umugabo wo guhamya kandi ukiranuka w’ukuri, inkomoko y’ibyo Imana yaremye aravuga aya magambo ati: “Nzi imirimo yawe, yuko udakonje kandi ntubire. Iyaba wari ukonje cyangwa wari ubize! Nuko rero kuko uri akazuyazi, udakonje , ntubire, ngiye kukuruka” Ibyahishuwe 3: 14-15
(I know all the things you do, that you are neither hot nor cold. I wish that you were one or the other! But since you are like lukewarm water, neither hot nor cold, I will spit you out of my mouth!) Revelation (...) -
Nyuma yo kurokoka jenoside, Diane Uwase yiciwe abana batatu bahawe uburozi (Igice cya 1)
17 April 2014, by Pastor Desire HabyarimanaMuri iyi nkuru turabagezah ubuhamya bwa Diane Uwase yivugira mu magambo ye bwiye uko yarokotse jenoside muri Mata 1994, hanyuma y’aho nabwo akicirwa abana batatu, ariko Imana iza kumushumbusha urubyaro ndetse imukiza ihungabana ryari ryaramubayeho akarande.
Nitwa Diane Uwase mwene Sebukayire Jean Marie Vianney, navukiye mu Karere ka Bugesera I Butagata yahoze ari segiteri Nyagihunika navukiye mu muryango ubana neza nta kibazo. Mu mwaka w’1991 naje kuva I Bugesera njya kuba kwa nyogokuru mu (...) -
Ikibazo Cyugarije Isi - Simeon Ngezahayo
25 April 2013, by Simeon NgezahayoHashize iminsi hariho impaka ku kibazo cyugarije isi: “Abagabo bashakana bahuje ibitsina!” byatangiriye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, biturutse ku cyifuzo cya bamwe mu baturage bo muri icyo gihugu. Iki cyifuzo cyaje kujyanwa muri Senat y’Amerika, kugira ngo amategeko yemeze niba bishoboka cyangwa bidashoboka. Mu minsi ishize ubwo Senat y’Amerika iherutse guterana, 53% bemeje ko iri tegeko rikwiriye gusinywa mu gihe 47% babyanze.
“Umwera uturutse ibukuru ukwira hose!” Ibindi bihugu byo ku isi (...)
0 | ... | 2220 | 2230 | 2240 | 2250 | 2260 | 2270 | 2280 | 2290 | 2300 | ... | 3150