IMBUTO N’IMPANO BY’UMWUKA WERA (Igice cya 1)
Abagalatiya 5 : 22-23 Ariko rero imbuto z’Umwuka ni urukundo n’ibyishimo n’amahoro, no kwihangana no kugira neza, n’ingeso nziza no gukiranuka, no kugwa neza no kwirinda. Ibimeze bityo nta mategeko abihana.
1Kor. 12:8-10 Umwe aheshwa ijambo ry’ubwenge n’Umwuka, undi agaheshwa n’uwo Mwuka ijambo ryo kumenya, undi agaheshwa n’uwo Mwuka kwizera, undi agaheshwa n’uwo Mwuka impano yo gukiza indwara. Undi agahabwa gukora ibitangaza, undi agahabwa guhanura, (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Imbuto z’ Umwuka Wera Dr Fidèle MASENGO
29 February 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Wari uzi ko kudamarara bizana akaga?
24 March 2016, by Umugiraneza EdithLuka 16: 19-30 Tuhasanga inkuru y’ Umutunzi n’umukene. Umurongo wa 19 uravuga uti" hariho umutunzi wambaraga imyenda y’imuhengeri niy’ibitare byiza, iminsi yose agahora adamaraye". Bigaragara ko uyu mutunzi nta gihe cyo gushaka Imana yagiraga, nta gihe cyo gusenga yagiraga, nta gihe cyo gusoma ijambo ry’ Imana yagiraga habe no kwita ku bakene. Twakwibaza ko icyo yatekerezaga, yarotaga, yahaga umwanya, yitagaho cyangwa yahaga agaciro, ari affaires cyangwa imishinga ye, gushaka amafaranga, (...)
-
Dukwiye kumenya abo turibo! Musoni Désiré
26 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaTuri bande?
Esiteri 3:8 / 1 Petero 2:9-11 Hanyuma Hamani abwira Umwami Ahasuwerusi ati “Hariho ubwoko bwatatanye bunyanyagira mu mahanga yo mu bihugu utegeka byose. Amategeko yabwo ntahura n’ay’ayandi mahanga kandi ntibumvira amategeko y’umwami, ni cyo gituma nta cyo byunguye umwami kubihanganira.
Nkuko tubisanga muri aya majambo dusomye Hamani yabwiye umwami Ahasuwerusi, hari ibintu bishika kuri bitanu yavuzemwo vyaranga ubwoko bw’Imana bwaba muri kino gihugu:
1. Un peuple unique (ubwoko (...) -
Wari ukwiriye gupfa, ariko ntugipfuye ,kuko wajyaga uheka isanduku y’Uwiteka Imana!
4 October 2015, by Alice Rugerindinda“ Hoshi, igendere wigire Anatoti mu gikingi cyawe, kuko wari ukwiriye gupfa, ariko sindi bukwice muri iki gihe, kuko wajyaga uheka isanduku y’uwiteka Imana imbere y’umukambwe wanjye Dawidi, kandi kuko wababaranaga nawe mu byamubabaje byose” 1 Abami 2: 26
Hariho ibyo Imana yakwibukaho! Imana ishimwe cyane. Aya magambo yavuzwe na Salomo ubwo yari amaze kwima ingoma ayabwira Umutambyi Abiyatari .
Nkuko abantu bagira igihe cyo kwibuka abantu babagiriye neza, ababagiriye umumaro mu gihe runaka, (...) -
Twige Kumenya Imana k’uburyo bw’umwihariko
14 June 2016, by Umugiraneza EdithNimureke kwishingikiriza ku bantu bafite umwuka mu mazuru . Mbese mubaca iki?
Nari umugore utigirira ikizere, wumva mpabwa agaciro nibyo nkora. Nabaga mu murimo w’Imana igihe cyose! Nabaga muri Ministere y’ ivugabutumwa y’ urusengero rwateraga imbere cyane, nakoreshaga inama kenshi zitabirwaga n’aba mama bagera kuri 400. Nari mfite parking yanditse kw’izina ryanjye ntawundi wahashyira imodoka ye, n’ icyapa cyanditseho izina ryanjye kuri Bureau. Numvaga ndi umuntu w’igiciro, abantu bazaga (...) -
Imana ikora ibingana n’ imbaraga ziturimo Pastor Emmanuel
8 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIMANA IKORA IBINGANA N’IMBARAGA ZITURIMO
Abefeso 3:20 Nuko Ibasha gukora ibiruta cyane ibyo dusaba, ndetse n’ibyo twibwira byose nk’uko imbaraga zayo ziri zidukoreramo.
Iri jambo riratwereka ko Imana ishoboye gukora ibirenze, ariko imbaraga zidukoreramo, nizo ziduhesha iby’Imana. Ikibazo suko Imana itaduha ibyo twasabye, ahubwo imbaraga dufite, nizo ziduha gusingira ibyo twahawe.
Dushaka kuzana ibintu ngo bitugereho, ariko tukabura imbaraga zibikurura ; turi imbere y’Imana, dusabe iduhe (...) -
Wemere kwibira ku kidendezi cy’amaraso ya Yesu, urakira ibyaha
20 July 2015, by Innocent Kubwimana……bukeye uwo muja abwira nyirabuja ati” icyampa data buja agasanga umuhanuzi w’isamariya yamukiza ibibembe!”2Abami 2:3
Izi nkuru buri gihe ziza zigamije kubwira abantu inkuru zo guca bugufi bakemera agakiza kabasha kubakiza ibyaha hano bihagarariwe n’ibibembe. Ikindi baba bashaka kuvuga uburyo umuntu ashobora kuba akomeye yubashywe nk’uko Namani yari ameze ariko afite inenge y’ibibembe, nta rwego na rumwe umunyabyaha yageraho ngo akizwe n’ikindi kitari ukwemera guca bufi ngo yuhagirwe n’amaraso ya (...) -
Impunzi z’abayisilamu ziri ku mugabane w’uburayi zayobotse Kristo
10 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNyuma yo gusobanukirwa urukundo rwa Kristo,ndetse bakumva ukuri k’ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo,bemeye kwakira Yesu Kristo nk’Umwami n’Umukiza wabo.Mu magambo yabo baragize bati “ Muri Islam tubayeho mu bwoba, nyamara Kristo ni Imana y’Urukundo.
Ikinyamakuru The Guardian cyagaragaje ko mu mezi ashize umubare w’impunzi z’abayislamu ziri ku mugabane w’Ubulayi zirimo guhindukirira Kristo bitewe n’uko amatorero yo kuri uwo mugabane yakwirakwije ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo na gahunda yo kubatiza mu (...) -
Kingdom of Ministries na True promises bagiye guhurira mu giterane cy’ivugabutumwa.
16 April 2016, by NicodemIki gitaramo giteganijwe kuri iki cyumweru tariki ya 17 Mata 2015, kikazabera ku rusengero rwitwa Bethami I Masaka ho mu mujyi wa Kigali kuva saa munani z’amanywa kugeza saa moya z’umugoroba.Iki giterane cyateguwe na Kingdom of God mu rwego rwo guherekeza abanyeshuri bazaba bagiye kwerekeza ku mashuri bavuye mu biruhuko.
Mu kiganiro ubuyobozi bwa Kingdom of God ministries bwahaye Agakiza.org,bwasobanuye ko iki giterane kigamije ivugabutumwa ariko kandi kikazaba kigamije guha impamba (...) -
Nta murimo ukorewe Imana uba imfabusa! - Charles Stanley
16 December 2013, by Simeon NgezahayoAbakolosayi 4:7-18
Imirongo iheruka yo mu rwandiko Pawulo yandikiye ABakolosayi isa n’idafite umumaro munini dukurikije tewolojiya. Amazina menshi mu yavuzwemo, ukuyemo Luka na Mariko, ntamenyerewe. Dushobora gusimbuka iyi mirongo tukikomereza kuri 1 Abatesalonike , ariko amagambo intumwa Pawulo yakoresheje asoza urwandiko rw’Abakolosayi ni ay’ubwenge bugaragaza ko umurimo wose uba ari uw’umumaro. Abantu bavugwa mu rwandiko rwandikiwe Abakolosayi asa n’atajyanye, ariko bose intumwa Pawulo (...)
0 | ... | 2250 | 2260 | 2270 | 2280 | 2290 | 2300 | 2310 | 2320 | 2330 | ... | 3150