Urugo rwiza rukwiriye kubanzirizwa n’ubukwe bwiza. Ubukwe ni umuhango wera wahanzwe n’Imana, uhuza umusore n’inkumi, bagafatanishwa umurunga w’ubumwe kugeza igihe bazapfira. Ni ubufatanye bwa babiri, bukaba burindwa n’uko buri wese yujuje inshingano zimureba akiranutse, kandi agendereye kunezeza no guhesha amahoro mugenzi we.
Ubukwe kandi ni ihame shingiro, ribereyeho kuzibura isoko y’akamaro k’umuntu gahishe mu mico, mu mikorere no mu bwenge, akabigaragariza mu kubikorera uwo biyemeje kuba (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Urugo rwiza kandi rukiranuka rushobora guhinduka nk’ ijuru rito!
24 March 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Ese isereri (vertiges) yaba iterwa n’iki?
9 December 2012, by UbwanditsiIsereri ni ibyiyumvo by’agahe gato umuntu agira akiyumva mu buryo butandukanye n’uko yari ameze kandi akabona ibimuzengurutse bigenda ariko bigashira mu gahe gato. Abenshi mu bantu agenda bibaza igitera kuba umuntu yarwara isereri nyuma bikarangira hari abavuga ko ari inzara ibitera!
Nk’uko tubitangarizwa n’urubuga le Figaro, vertiges ni ikimenyetso gikunda kuboneka cyane mu bantu bose ku isi kidakunda kuvugwa ko gitewe n’impamvu runaka, gusa icyaba kizwi kurusha ni uko burya isereri ifitanye (...) -
Ibanga ryo kubaho utsinda icyaha!
23 September 2015, by Innocent KubwimanaYesu ntiyapfuye gusa, yaranazutse, ntakiri mu mva. Uyu munsi ni umukiza kandi ni muzima, ariho. Afite ubutware bwose mu ijuru no mu isi. Afite ububasha bwo kurinda abe ngo badasitara, abasha kubarinda gutwarwa n’ububata bw’icyaha.Yuda 1:24
Ntabwo afite ubushobozi bwo gutanga agakiza gusa, ahubwo abasha no gukiza abegerezwa Imana na we, kuko ahoraho iteka ngo abasabire. Abaheburayo 7:25 Ijambo ry’Imana rivuga ko iyo atubatuye, tuba tubatuwe rwose kandi by’ukuri. Yohana 8:36
Kwakira Yesu, ni (...) -
Igitaramo cya Yvonne Uwase yakoreye i Kigali amurika alubumu ye cyaritabiriwe cyane kandi kigenda neza
14 January 2013, by Patrick KanyamibwaKuri uyu wa gatanu tariki ya 10/01/2013 guhera kuva saa kumi n’imwe na mirongo ine n’itanu kugeza za saa mbiri zijoro (17h45’ - 20h00’), nibwo Yvone yamuritse albumu ye ya mbere i Kigali. Yvonne Uwase wamenyekanye ku ndirimbo “Amasezerano”, “Umuntu” na “Yesu w’i Nazareti”, akaba yari aherutse kuyimurikira mu majyepfo i Huye,
Iki gitaramo cyabereye i Nyamirambo muri Eglise Francophone ku rusengero rw’itorero ry’abadivantisite, nkuko Yvonne yabidutangarije, muri iki gitaramo yari yifatanyije na Warren (...) -
CHORALE JYANUMUCYO – EMLR GIKONDO YAMURITSE ALBUM YAYO YA MBERE Y’AMAJWI
18 March 2014, by Simeon NgezahayoKuri iki Cyumweru taliki 16 Werurwe 2014 guhera saa tatu za mu gitondo (9am), Chorale Jyanumucyo ibarizwa ku itorero METHODISTE LIBRE (EMLR) i Gikondo yamuritse album yabo ya mbere y’amajwi bise “MFITE INCUTI”. Mu kiganiro n’umuyobozi waJyanumucyo Mme MUKARUTABANA Jeanne, yadutangaruije ko Jyanumucyo yabayeho kuva w’1995, itangirana n’abantu bari mu miryango 3 ariko kuri ubu ikaba imaze kwaguka kuko ifite abagera kuri 30.
Intego y’iyi chorale ngo ni ukwamamaza ubutumwa bwiza, kandi babashije (...) -
Mbese witeguye kugaruka kwa Yesu ?
21 March 2013, by Alice RugerindindaNi na ko bizamera umunsi Umwana w’umuntu azabonekeraho” Luka 17:30
“ Kandi uko byari biri mu minsi ya Nowa, ni ko bizaba no mu minsi y’Umwana w’umuntu: bararyaga, baranywaga, bararongoraga, barashyingiraga, bageza umunsi Nowa yinjiriye mu nkuge, umwuzure uraza ubarimbura bose. No mu minsi ya Loti nayo byari bimeze bityo: bararyaga, baranywaga, baraguraga, barabibaga, barubakaga, maze umunsi Loti yavuye I Sodomu, umuriro n’amazuku biva mu ijuru biragwa, birabarimbura bose. Ni na ko bizamera (...) -
Nahinduwe no gusoma ijambo ry’Imana, ubuhamya,…
20 October 2015, by Innocent KubwimanaUbu ni ubuhamya bugufi bw’umuntu utarashatse kugaragza izina rye, ariko kandi ntibyakubuza kumva icyo Imana iganirira nawe muri bwo. Aragaraza imbaraga z’ijambo ry’Imana yasomye. Bibiliya iravuga ngo ubutumwa ni imbaraga ihesha uwizera wese gukizwa. Ushaka byinshi kuri bwo wasura urubuga rwa Gikristo rwandika amakuru y’iyobokamana mu rurimi rw’igifaransa www.topchretien.com.
Kurikira ubuhamya uko abuvuga:
Nakuriye mu muryango w’abakristo, numvaga nkunze Imana ariko maze kujya ku ishuri (...) -
Mbese ivugabutumwa ryo mu rusengero gusa ryakemura ibibazo byugarije isi?
27 May 2013, by Simeon NgezahayoUbushakashatsi butangaje kandi buteye ubwoba bwakozwe ku Bakristo n’ibiyobyabwenge (marijuana)...
Ijambo ry’umwanditsi mukuru: Ubushakashatsi buherutse gukorwa bwagaragaje izamuka ritangaje kandi riteye ubwoba ry’imyitwarire y’urubyiruko rw’Abakristo mu gukoresha ikiyobyabwenge cya marijuana. Turagusaba kubitekerezaho mu buryo bubiri: 1) Mbese iyi ni insanganyamatsiko wumva wabwirizaho mu rusengero? (2) Niba wumva wayibwirizaho, wavuga ngo iki?
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo “The Public (...) -
Ese kwitwaza bibiliya mu rusengero ni ngombwa?
15 July 2013, by UbwanditsiBibiliya ni igitabo gikubiyemo amagambo yahumetswe n’Imana kugira ngo afashe, ahugure, ateshe, yigishe ikiremwa muntu inzira nziza akwiriye kunyuramo Imana imushakaho. Iki gitabo kandi gikubiyemo n’amagambo menshi y’ibyiringiro asubizamo imbaraga uyasomye, harimo kandi ubuhamya bw’abatubanjirije mu murimo w’Imana uburyo babanye nayo, uko yagiye ibiyereka mu buryo bunyuranye, ibyiza n’ibibi bawuhuriyemo n’ibindi bigiye bitandukanye.
Iyo winjira mu rusengero ukitegereza abinjira baza gusenga ubona (...) -
Uwari umwicanyi yarakijijwe maze yimikirwa gukora umurimo w’ Imana
6 April 2016, by NicodemNyuma y’imyaka 30 muri Gereza, Danny Duchene wari ufunze azira kwica abantu babiri yiteguye gutangira umurimo w’ubushumba mu itorero rya Saddle Back Church ryo muri leta Zunze ubumwe z’Amerika.Uyu mugabo Danny yimitswe na Dr.Rick Warren washinze akaba ahagarariye iri torero.
Uyu mushumba mushya azaba ashinzwe ibikorwa by’impuhwe mu itorero Saddle Back Church rya California ho muri Amerika nyuma yo kurekurwa. Amakuru yemeza ko Dr.Rick Warren ari we wagize uruhare rukomeye mu irekurwa rya (...)
0 | ... | 2570 | 2580 | 2590 | 2600 | 2610 | 2620 | 2630 | 2640 | 2650 | ... | 3150