Kuri iki cyumweru taliki ya 13/01/2013 aho Itorero rya ADEPR Nyarugenge ishami rya Muhima rikorera habereye inyigisho z’ ijambo ry’ Imana umushyitsi mukuru akaba yari n’ Umwigisha w’ uyu munsi akaba yari Pasitori Habyarimana Desire
Mu nyigisho yagejeje ku bari bateraniye aho basaga ibihumbi 2500 yagize ati Imana igambiriye gukora ikintu gishya mu buzima bwacu. Yifashishije ijambo riri mu gitabo cy’ Ibyahishuwe 21:5 hagira hati; Iyicara kuri ya ntebe iravuga iti “Dore byose ndabihindura (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Mu giterane cyaberaga kuri ADEPR Muhima abagera kuri 50 bakijijwe!
13 January 2013, by Ubwanditsi -
Igiterane mpuzamahanga cyari gitegerejwe na benshi mu gihugu cy’ Ubuhinde cyatangiye.
12 July 2013, by UbwanditsiNkuko benshi bari babimenye ko hagiye kuba igiterane mpuzamahanga mu gihugu cy’ ubuhinde mu mujyi wa Salemu Iki giterane cyatangiye saa kumi ku isaha y’ Ubuhinde. Iki giterane cyitabiriwe n’abakozi b’ Imana batandukanye kuva mu Rwanda aha twavuga nka Pastor Desire wavuye mu itorero rya ADEPR Gatare, Pastor Muyango Jimmy wavuye mu itorero rya Rwanda for Jesus, Mandy Zondo Johanna kuva Africa yepfo n’ abahinde barimo Pastor Benjamin Reynold nabanyeshuri babanyarwanda bavuye mu mpande zose z’ (...)
-
Kurikirana uko isabukuru y’Agakiza.org yagenze hamwe n’amafoto
30 November 2015, by Innocent KubwimanaKuri iki cyumweru tariki 29/11/2015 nibwo muri Salle ya Fourquare Kimironko habereye igiterane cyabereyemo umuhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 5, urubuga rwa Gikristo Agakiza.org rumaze rutangiye gukora umurimo w’ivugabutumwa kuri interineti.
Iki giterane kitabiriwe n’imbaga y’abantu benshi baturutse mu ntara zitandukanye z’igihugu ndetse n’itsinda ryaturutse mu gihugu cy’abaturanyi cy’u Burundi, harimo n’umwe mu banyamakuru ba Radiyo ya Gikristo y’i Burundi yitwa Ijwi ry’Ivyizigiro.
Dore uko (...) -
Imvugo wumve ibyo mvuga nturebe ibyo nkora ikwiye gucika ku bakozi b’Imana
24 January 2016, by Ernest RutagungiraAya ni amwe mu magambo ashushanya ubuzima bwa bamwe mu bigisha b’ijambo ry’Imana, nyuma yo gusohoka mu nsengero no hirya no hino mu matorero ya gikirisitu, aho usanga ibikorwa bya bamwe bihabanye cyane n’ibyo bigisha nyamara ugasanga ba nyir’ ukubikora birengagiza ko ibyo babwiye abandi nabo bibareba ndetse hari igihe kizagera bakabibazwa n’undi mucamanza utabera ndetse udasengera mu nsengero bayobora.
Ubuzima nk’ubu bwo kubeshyesha ururimi abakumva nyamara ukagaragarira mu mirimo ukora ni bumwe (...) -
Umuhanzi Niyonsaba Elissa yashyize ku mugaragaro indirimbo yise “ni Yesu wanyikundiye”
11 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUmuhanzi Niyonsaba Elissa uzwi cyane ku ndirimbo “Nkwiye kubabarira” kuri ubu amaze gushyira ku mugaragaro indirimbo yise “ Ni Yesu wanyikundiye”.Ubusanzwe uyu muhanzi akorera umurimo w’Imana muri CEP KIST-KHI akaba amaze gushyira ku mugaragaro indirimbo zigera kuri 4, arizo: Ubwoba nibushire, Iyo atabaYesu, Nkwiye kubabarira na Ni Yesu wanyikundiye.
Mu kiganiro twagiranye n’uyu muhanzi yadutangarije ko mu murimo w’Imana harimo impano zitandukanye iye ikaba ari iyo kuririmba. Uyu muhanzi (...) -
Urubyiruko rukora Drama na Dance ya gospel twasuye abarwayi bo muri CHUK
20 August 2012, by Patrick KanyamibwaKuwa Gatanu tariki 17/08/2012, saa sita z’amanwa, urubyiruko rurenga 100 rwa za Drama team 8 zitandukanye ruyobowe na Shining Stars Drama team ya Evangelical Restoration Church Remera, rwasuye abarwayi bo mu bitaro bya CHUK, ruganira nabo rubashira n’ibintu bitandukanye birimo amasabune, imitobe (Juice), imbuto zitandukanye, ndetse n’ijambo ry’Imana.
Nkuko twabitangarijwe na Uwera Phanny umuyobozi wa Shining Stars Drama Team ERC Remera, itsinda rimaze imyaka 8 rikora, yadutangarijeko atari (...) -
Ijambo ry’ Umunsi
26 February 2013, by UbwanditsiAriko Imana ishimwe kuko ihora iturangaje imbere, ikaduha kuneshereza muri Kristo no gukwiza hose impumuro nziza yo kuyimenya, kuko turi impumuro nziza ya Kristo ku Mana hagati y’ abakira n’abarimbuka. 2 Abakorinto 2:14,15
-
Nigeria: Ibisambo 5 byibye imodoka biyihisha mu rusengero
23 October 2013, by Simeon NgezahayoItsinda ry’ibisambo rititwaje intwaro rimaze igihe ritangira imodoka ryibanze ku zitwawe n’abagore mu mihanda ya Nigeria. Uko ibi bisambo bikora, ngo bigonga igice cy’inyuma bikoresheje imodoka yabyo maze umugore bagongeye imodoka yasohoka ngo arebe ibibaye ibisambo 2 muri bitanu bigahita biyikubitamo bikayirukankana.
Ibi bisambo rero byatwaye imodoka byari bimaze kwiba, biyihisha mu rusengero ruherereye i Sangotedo muri Nigeria ariko ntibyamenya ko Pasiteri yabikenguye. Umwe muri ibi (...) -
Korali Salemu yo mu itorero rya ADEPR Gatsata mu myiteguro ikaze yo kumurika Album DVD yayo ya mbere
18 June 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.comNyuma y’igihe kitari gito Salemu choir ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya ADEPR Gatsata aho bakunze kwita i Galilaya, iyi korali ikaba yari mu myiteguro yo gukora Album y’amashusho volume yayo ya mbere, ubu noneho iratangariza abakunzi bayo by’umwihariko ndetse n’abakunzi b’indirimbo za Gospel ko ubu igikorwa yar’imazemo igihe kitari gito cyo gutegura umuzingo w’indirimbo z’Imana mu buryo bw’amashusho ubu cyarangiye,ahasigaye akaba ari ukugishyira ku mugaragaro.
Nkuko Perezida wa Korali salemu (...) -
Ijambo ry’ Umunsi
4 November 2012, by UbwanditsiKandi hahirwa Uwizeye, kuko ibyo yabwiwe n’Umwami Imana bizasohora. Luka 1:45
0 | ... | 2840 | 2850 | 2860 | 2870 | 2880 | 2890 | 2900 | 2910 | 2920 | ... | 3150