Umuntu wese iyo ari muri Kristo aba ari icyaremwe gishya, ibya kera biba bishize. Dore byose biba bihindutse bishya. 2 Abakorinto 5 :17
Nubwo akenshi tutabyitaho ariko icyo tuba cyo mu buzima busanzwe akenshi gisobanurwa n’amahitamo yacu y’igihe turimo. Hano mfite ibintu bitanu nakunda ko buri wese ahitamo niba yifuza imbere heza.
1. Nahitamo kwishimira kubaho ubuzima bwiza. Aho kurizwa n’ibyo udafite, ukababazwa cyane no kuba udafite umubiri nk’uwabasiganwa, ahubwo washaka impamvu zituma (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Amahitamo y’ubwoko 5 yagufasha mu buzima
27 July 2015, by Innocent Kubwimana -
Imana yumva amasengesho asengewe mu Mwuka no mu kuri. Pastor Emmanuel
14 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIMANA ISHIMWE KUKO YUMVA GUSENGA
Imana yahisemo uburyo ibana natwe, Imana ni umwuka wowe ukaba umuntu. Imana ni umwuka n’abayisenga bayisengera mu kuri no mu mwuka, yahisemo ko tuyisenga turi mu mubiri yo iri mu mwuka ikatwumva, iyo iza kugira office mu mugi, twari kujya dutonda umurongo tuyishaka, niyo mpamvu yahisemo kuba mu mwuka igashakwa n’abanyamwuka.
Ibitaboneka byayo nizo mbaraga zayo, abantu barayishatse babura aho iba, ariko irahari iri kumwe natwe. Iyo iza kuba iba muri Amerika (...) -
Gukora akazi k’ijoro igihe kirekire bishobora gutera kanseri ya Prostate
25 October 2012, by UbwanditsiUbushashatsi bwakorewe mu gihugu cya Canada, bwagaragaje ko abagabo bakora akazi k’ijoro baba bafite ibyago byinshi byo kuzarwara kanseri ya Prostate, iyi kanseri ikaba ifata imyanya myibarukiro y’abagabo igatuma bitera ubugumba.
Kubura k’umusemburo witwa mélatonine bakunze kwita umusemburo w’ibitotsi mu mubiri, ngo bishobora gutera kanseri zitandukanye cyane cyane kanseri ya Prostate nk’uko urubuga rwa topsanté rubigaragaza.
Ubushakashatsi bwakorewe muri Kaminuza ya Québec mu gihugu cya Canada, (...) -
Bamwe mu bayoboke b’amadini barambiwe gutanga amaturo adasobanutse
17 July 2012, by UbwanditsiAbakirisitu bo mu madini atandukanye hano mu Rwanda bakomeje kwinubira uburyo bakwa amaturo n’abapasiteri, ntibahabwe n’ubusobanuro bufatika bwicyo ayo maturo azakora.
Nkuko bimenyerewe mu nsengero zitandukanye buri cyumweru abaje gusenga batanga amaturo, ndetse ngo hari n’abayatanga mu materaniro yo mu mibyizi.
Abakristo bamwe baganiriye na IGIHE, batangaje ko ngo ujya kumva barababwiye ngo nibatange ituro ryo gukodesha inzu ya Pasiteri, barangiza ngo nibatange ituro ryo kugura amazi ya (...) -
Ese koko turi abo Imana yaremye ngo tuyimarire iki?
20 October 2015, by Innocent KubwimanaMu gihe Imana yaremaga ibintu byose, yaravugaga ngo bibeho, bikaba bityo. Igeze ku muntu ibikora mu buryo butandukanyeho gato, kuko yafashe umukungugu ikamubumba.
Icyakora ikiza muri byo ni uko yahisemo kumutandukanya n’ibindi biremwa. Yamuhaye ubutware, inamurema mu ishusho yayo.
Ibintu byose bishobora guhimbaza Imana, kimwe n’umuntu by’umwihariko, Imana imushakaho kuyihesha icyubahiro hano mu isi.
Ubusanzwe ufashe umwanya ukibaza icyo Imana yagushyiriye ku isi, byagufasha gukoresha igihe (...) -
Byose Yesu abikora neza. Pastor Desire Habyarimana
26 February 2014, by Pastor Desire Habyarimana«Baratangara cyane bikabije baravuga bati ‘Byose abikora neza : Azibura ibipfamatwi kandi akavugisha ibiragi’ » Mariko 7:37.
Yesu byose abikora neza, kuko Imana ntigeragezwa n’ ikibi cyangwa ngo igire uwo ikigerageresha. Aho Imana ikunyiza n’ubwo wowe wabona ari habi, ku iherezo uzasanga byose yabikoze neza. Iyo mibabaro azayihindura umunezero.
Niba ibyo unyuramo atari ingaruka zo kutumvira Imana, ugire amahoro Yesu byose abikora neza. Abaroma 8: 28 haranditswe ngo “Ku bakunda Imana byose (...) -
Umupasitori w’umukirisitu wari warakatiwe urubanza rwo gupfa muri Irani, nyuma aza kurekurwa.
17 September 2012, by UbwanditsiUmupastori w’umukirisitu wari warakatiwe urwo gupfa kubera kuvuga ubutumwa bwiza yasubijwe mu muryango we ari kuwa gatandatu nyuma y’iburanishwa; ibi byavugwaga n’umuryango udaharanira inyungu wakurikiranaga urwo rubanza.
Pasitori Youcef Nadarkhani wavukiye mu muryango w’abasilamu nyuma akaba umukirisitu afite imyaka 19, yarekuwe amaze imyaka 3 mu buroko aho yari yarakatiwe urubanza rwo gupfa, nkuko Tiffany Barrans, umuryango mpuzamahanga wa Amerika ushinzwe amategeko n’ubutabera, ubitangaza. (...) -
Ijambo ry’ Umunsi
17 September 2013, by UbwanditsiUmutima wanjye uhimbaza Umwami Imana, n’ ubugingo bwanjye bwishimiye Imana umukiza wanjye, kuko yabonye ubukene bw’ umujya wayo, kandi uhereye none ab’ ibihe byose bazanyita Uhiriwe kuko Ushoborabyose ankoreye ibikomeye, n’ Izina rye ni iryera. Luka 1:46-49
-
Umuhanzikazi Gerardine Muhido amaze kugera ku bikorwa byinshi.Vuba aha araza mu Rwanda!
10 June 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.comMu gihe kingana n’imyaka hafi 2 umuhanzi Geraldine Muhindo amaze atagaragara mu ruhando rw’abahanzi ba gospel mu Rwanda mu ma concert ndetse n’ibiterane bitandukanye nkuko benshi bari babimenyereye bakaba baribazaga amakuru ye, ubu noneho igihe kirageze ngo abakunzi be ndetse n’abakunzi ba gospel bose muri rusange kuri ubu amaze kugera ku rwego ashimirwa n’abaturage ba Kenya.
Nk’uko abitangaza , Gerardine Muhindo kuri ubu atuye mu mujyi Nairobi mu gihugu cya Kenya ku mpamvu z’amasomo (...) -
“Imana yumva amasengesho” Katy Perry
23 January 2014, by Simeon NgezahayoUmuhanzikazi ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika uririmba injyana ya pop, Katy Perry, aherutse kwerura avuga yuko Imana yamushubije ku byifuzo yasengeye. Perry yavukiye mu muryango w’Abakristo, kandi ahamya yuko atigeze atandukira ngo areke kwizera Imana. Kugeza ubu rero, Perry amaze iminsi asengera gushira amanga.
Singer Katy Perry performs at the 2010 MuchMusic Video Awards in Toronto, Canada on June 20, 2010.
Amaze kwibuka ko "Imana yumvise gusenga kwe" ubwo yasengeraga ubuzima (...)
0 | ... | 2870 | 2880 | 2890 | 2900 | 2910 | 2920 | 2930 | 2940 | 2950 | ... | 3150