Nkuko bigaragara kuri affiche abo abanyeshuri biga muri INILAK basengera mu itorero ry’ADEPR bahuriye mu murwango CEP INILAK bateguye igiterane cyo gushima Imana mu cyumweru gitaha tariki ya 06-08/07/2012, ku rusengero rwa ADEPR kicukiro Shell.
Intego yacyino gikorwa nkutwa twabitangarijwe n’umuyobozi wa CEP INILAK ni ugushima Iama ibyo ibakorera kandi bagashishikariza n’abandi banyeshuri bagenzi babo kuza mri CEP kuko hari byinshi bahungukira kuva ku Mana.
Icyi gitaramo kizatangira saa tanu (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
CEP INILAK yategute igiterane cyo gushima Imana kuri icyi cyumweru
30 June 2012, by Patrick Kanyamibwa -
Abategarugori ba New Life Bible Church bateguye igitaramo cy’imideri
27 May 2012, by Patrick KanyamibwaNew Life Bible Church nyuma yo gutoza no gufasha abari n’abategarugori basengera kuri urwo rusengero kwihangira imirimo no kugira ikintu bakora cyabatunga, kuwa gatandatu tariki ya 2/06/2012 abari n’abategarugori bateguye umunsi wo kwerekana imwenda n’ibindi bikorwa bitandukanye bakora harimo byinshi by’ubugeni.
Uyu munsi wose uzarangwa n’imurikabikorwa ku buryo abazabibasha bazagura ibyo bikoresho bitandukanye bimurikwa, hakazaba n’ibyakozwe n’umunyabugeni w’icyamamare Jonathah Ojara. Iyi (...) -
Abanzi B’urugo Rwiza
15 November 2015, by Alice Rugerindinda“ Umugore w’umutima wese yubaka urugo, ariko umupfu we ubwe ararusenya” (Imigani 14:1)
Mu yandi magambo, haravuga ngo:”umugore w’umunyabwenge yubaka urugo rwe, nyamara umupfapfa ararusenya”.
Iyo nsomye aya magambo, numva nejejwe nuko Imana, yemera neza ko, umugore afite ubushobozi bwo kubaka urugo rwe, mu gihe nzi neza ko urugo ari ikintu cy’igiciro cyinshi. Amen
Kuba ari ikintu cy’igiciro cyinshi, ni nayo mpamvu rugira ibiruhiga byinshi cyangwa se abanzi benshi kuko nk’uko bibiriya ibivuga, aho (...) -
Ijambo ry’ Umunsi
18 February 2014, by UbwanditsiYaratwibutse ubwo twari ducishijwe bugufi, kuko imbabazi zayo zihoraho iteka ryose. (Zaburi 136:23)
-
Ijambo ry’ Umunsi
9 November 2013, by UbwanditsiNatwe ntitureba ku biboneka, ahubwo tureba ku bitaboneka kuko ibiboneka ari iby’ igihe gito naho ibitaboneka bikaba iby’ iteka ryose (2 Abakorinto 4:18)
-
Umuhanzikazi uririmba indirimbo zihimbaza Imana Sherry yasohoye indirimbo ye ya mbere yise “Mbikesha Uwiteka”
2 November 2013, by Patrick KanyamibwaIndirimbo “Mbikesha Uwiteka” ni yo uyu muhanzikazi mushya mu njyana ya gospel Sherry yatangiriyeho ashyira ahagaragara amajwi yayo.
Sherry Dad’s w’imyaka 21 yahimbye iyi ndirimbo akurikije uburyo abantu bajya bigereranya ku bandi kandi abantu bose dufite umugisha umwe wo kuba twararemwe n’Imana imwe.
Ubwo twaganiraga na Sherry, yatubwiyeko ngo kuri we iyi ndirimbo isobanuye ko nyuma y’ibindi byose uko abantu batandukanye ntibakigereranye n’abandi cyangwa ngo basenye abandi kuko abantu turi umwe (...) -
USA: Ubushakashatsi bwakoze urutonde rw’imijyi ituwe n’Abakristo benshi
2 May 2013, by Simeon NgezahayoMuri ubu bushakashatsi bwakozwe n’itsinda Barna, umujyi wa Albany wo muri New York ni wo waje ku mwanya wa mbere mu mijyi ituwe n’Abakristo benshi.
Itsinda Barna rikora ubu bushakashatsi ryibanze ku batuye uwo mujyi, rigendera ku mpamvu 15 zirinmo “ntibizera Imana”, “ntibazi ko Imana ibaho”, “bahakana ko kwizera nta mumaro kubafitiye”, “ntibigeze basenga mu myaka ishize”, “ntibigeze bakurikira Yesu” n’ibindi. Imijyi ituwe n’Abakristo yagaragaje byibura 60% by’izi mpamvu zagenderwagaho bayishyira ku (...) -
Kwatura Ibyaha k’Umukiranutsi – Rev. Paul Yonngi Cho
31 July 2013, by Simeon NgezahayoKwatura ibyaha nyakuri k’umukiranutsi ni ukuhe? Ni ukwatura ko akora ibyaha buri munsi, ariko akizera ko hashize imyaka ikabakaba 2,000 Yesu abikuyeho.
Yesu yikoreye ibyaha byacu, abikorewe na Yohana umubatiza ubwo yamubatirizaga mu ruzi rwa Yorodani.
1 Yohana 1:9 haravuga ngo “Ariko nitwatura ibyaha byacu, ni yo yo kwizerwa kandi ikiranukira kutubabarira ibyaha byacu no kutwezaho gukiranirwa kose.” Ibi bisobanura ko umuntu wiyemeje kwizera ijambo ry’amazi n’Umwuka agomba kwatura ibyaha bye, (...) -
Abakozi b’Imana 10 bakunzwe muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika
18 April 2013, by Simeon NgezahayoMu bushakashatsi buherutse gukorwa ku bakozi b’Imana bo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, inzobere TracyMcClellan ikomoka muri Leta ya Florida yashyize ahagaragara urutonde rw’abantu 10 baza ku mwanya wa mbere. Aha yibanze ku bintu bitandukanye, yibanda ku bakunze kugaragara kuri televiziyo cyangwa se bagiraho ibiganiro bihoraho. Yakoze urutonde rukurikira (uhereye ku mwanya wa 1).
1. Billy Graham
Billy Graham wavutse ku wa 7 Ugushyingo w’1918 ni we washyizwe ku mwanya wa 1. Azwi cyane ku (...) -
Nyuma yo kumugerageza byaje kurangira imwemeye nk’incuti yayo!
29 February 2016, by Alice Rugerindinda“Ariko weho Isirayeli umugaragu wanjye, Yakobo natoranije, rubyaro rwa Aburahamu incuti yanjye” Yesaya 41 :8
Naratangaye cyane mbonye aya magambo aho Imana yivugira ubwayo ngo “ rubyaro rwa Aburahamu incuti yanjye”. Buriya kugirango umuntu agere ku rwego rw’incuti si ikintu gipfa kuza gutyo, hari aho kiba cyaraturutse, kuko ubundi hari abantu tuba tuziranye, dusengana, abatugiriye neza cyangwa abo twagiriye neza , abo tugira icyo dupfana… ariko ibyo byose ntibihita bibashyira mu rwego (...)
0 | ... | 2850 | 2860 | 2870 | 2880 | 2890 | 2900 | 2910 | 2920 | 2930 | ... | 3150