Ku cyumweru tariki 2/09/2012 ku itorero rya ADEPR Gisenyi, mu gitaramo cyo gufasha abana icyenda basigaye nyuma y’uko se wari n’umwalimu mu itorero rya ADEPR Paroisse Gisenyi yitabye Imana Luka Ngarukiye, igikorwa cyateguwe n’umuhanzi Bahati Alphonse usanzwe umenyerewe mu ndirimbo zo guhimbaza Imana (Gospel) ndetse no mu bikorwa byo gufasha impfubyi yateguye igitaramo, habonetse byose hamwe ari ibyatanzwe n’amafaranga afatika inkunga ikaba yabaye amafaranga y’amanyarwanda 815.000.
Nkuko (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Rubavu: Amafaranga y’amanyarwanda 815.000 niyo yavuye mu gitaramo Bahati Alphonse yakoze cyo gufasha impfubyi
3 September 2012, by Patrick Kanyamibwa, Ubwanditsi -
Bolivia: Itegeko rishya rigamije kugenzura amadini no gutegeka abantu imyizerere bagomba kugira
29 August 2013, by Simeon NgezahayoMu gihugu cya Bolivia hasohotse itegeko rishya rigamije kugenzura amadini no gutegeka abantu imyizerere bagomba kugira. Nk’uko bitangazwa n’abayobozi b’amatorero y’Abaporotesitanti, abantu ibihumbi bakoze urugendo rwo kwamagana iryo tegeko riha guverinoma ububasha bwo kugenzura imikorere y’amadini.
Kuri uyu wa 28 Kanama, umunyamakuru wa Morning Star dukesha aya makuru ukorera muri Amerika y’Epfo wari mu mujyi wa Cochabamba mu gihugu cya Bolivia yatangaje ko abayobozi b’amatorero (...) -
Impamvu nyamukuru zituma abashakanye batabana mu byishimo.
11 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIMPAMVU NYAMUKURU ZITUMA ABASHAKANYE BATABANA MU BYISHIMO.
Kutagira umwanya wo kuganira
Abahanga benshi bemeza ko imwe mu mpamvu zikomeye zituma urugo ruhinduka agahinda n’agahimano, ari uko ababana bombi batazi uko bakora ngo baganire cyangwa se batanabishaka. hari na benshi bamenye ko kuganira ari byiza ariko bibaza icyo umuntu akwiye gukora aganira nundi nicyo yakwirinda mu gihe cyo kuganira.
Ibiganiro hagati y’abashakanye bishobora gusa kugera ku ntego mu gihe bombi biyemeje gukurikiza (...) -
Iyo uhuye n’ Imana Dr Fidele
5 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIYO UHUYE N’IMANA
Itangiriro 16:7 - Marayika w’Uwiteka amubonekera mu butayu, ari hafi y’isoko yo mu nzira ijya i Shuri.
Itangiriro 16:11 - Marayika w’Uwiteka arongera aramubwira ati"Dore, uratwite uzabyara umuhungu, uzamwite Ishimayeli, kuko Uwiteka yumvise kubabazwa kwawe.
Itangiriro 16:13 Ahimba Uwiteka wavuganye na we izina ati"Uri Imana ireba." Ati"Mbese Indeba nayiboneye na hano?"
Ubuzima bwa Hagari n’uburyo yahuye n’Imana bwanyigishije byinshi birimo ibikurikura:
1) Imana yamuvuze mu (...) -
Patient Bizimana na Gahongayire Aline berekeje Kampala kuri uyu wa gatatu
29 November 2012, by Patrick KanyamibwaUmuhanzi Patient Bizimana wamenyekanye cyane ku indirimbo « Menye neza » hamwe na Gahongayire Aline ku munsi wejo tariki ya 28/11/2012 mu masaha y’umugoroba nibwo berekeje Kampala Uganda aho batumiwe na East Africa Gospel mu kuririmba mu bitaramo bitandukanye ndetse n’amahugurwa azabera muri cyo gihugu.
Nkuko Patient yabidutangarije mbere gato yuko ahaguruka, ngo bazamarayo iminsi ine kuko bazagaruka i Kigali ku cyumweru, bakaba baratumiwe muri ibi bikorwa bitandukanye biba ari ngarukamwaka, (...) -
Wizeye ko uzajya mu ijuru?
12 December 2013, by Simeon NgezahayoNcuti yanjye, ndashaka kukubaza ikibazo cy’ingirakamaro mu buzima bwawe. Igisubizo utanga ni cyo kizaguhesha kwinjira mu munezero cyangwa umubabaro w’iteka ryose. Ikibazo cyanjye ni iki: « Mbese urakijijwe? » Ibi ntibisaba kumenya niba ukora imirimo myiza, niba ujya mu rusengero, ahubwo ni ukumenya niba ukijijwe. Mbese wizeye ko nupfa uzajya mu ijuru?
Kugira ngo ujye mu ijuru, Imana igutegeka kuvuka ubwa kabiri. Yohana Jean 3 : 5, Yesu yabwiye Nikodemo ati « Ni ukuri, ni ukuri, ndakubwira yuko (...) -
Uburyo bwiza wasengamo.
21 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO : GUSENGA
Matayo 6:5-13 “‘Nimusenga ntimukamere nk’indyarya, kuko bakunda gusenga bahagaze mu masinagogi no mu nzira ngo abantu babarebe. Ndababwira ukuri yuko bamaze kugororerwa ingororano zabo. 6 Wehoho nusenga ujye winjira mu nzu ubanze ukinge urugi, uhereko usenge So mwihereranye. Nuko So ureba ibyiherereye azakugororera.7.“ ‘Namwe nimusenga, ntimukavuge amagambo muyasubiramo hato na hato nk’uko abapagani bagira, bibwira ko kuvuga amagambo menshi ari byo bituma bumvirwa. 8.Nuko (...) -
Tumenye umukozi w’Imana YONNGI-CHO ukomoka mu gihugu cya Korea
27 June 2012, by Ubwanditsi1. Kuvuka kwe n’umuhamagaro we
Pasteur Yonggi Cho yavutse kuwa 14 Gashyantare 1936 avukira mu majyepfo y’Intara ya Kyung-Sam, mu Karere ka Sam-nam, ku gasozi kitwa Kyo-doeng
Mu muryango we yari imfura mu bana batanu b’abahungu n’abandi bane b’abakobwa bavukanaga. Abo bana bose uko ari icyenda bakaba baravukaga ku babyeyi bitwa Bwana Doo- Cho na Madamu Bok-sun Kim.
Mu bwana bwe, Yonggi Cho yatwawe cyane n’amasomo akomeye yakurikiraga ajyanye n’idini y’aba Buddhisme ndetse n’izndi nyigisho (...) -
Ijambo ry’ umunsi
4 July 2012, by UbwanditsiUwiteka agenderera Sara nk’uko yavuze, Uwiteka agirira Sara ibyo yasezeranije...Sara asama inda ya Aburahamu ashaje, babyarana umuhungu igihe kigeze...Sara aravuga ati "Imana iransekeje, abazabyumva bose bazasekana nanjye" Itang 21:1-6
-
”Tubabarirane nkuko kristo yatubabariye”. MAHAME CONSTANT igice cya 1
19 March 2014, by Ubwanditsi“Nuko nk’uko bikwiriye intore z’Imana zera kandi zikundwa, mwambare umutima w’imbabazi n’ineza, no kwicisha bugufi n’ubugwaneza no kwihangana, mwihanganirana kandi mubabarirana ibyaha, uko umuntu agize icyo apfa n’undi. Nk’uko umwami wacu yabababariye, abe ariko namwe mubabarirana”. (Abakolosayi 3,12-13)
Mbere na mbere iyo uvuze kubabarirana hari ibibazo 2 bihitwa byibazwa na buri wese: 1. Tubabarira habaye iki?
Habaho gutanga cyangwa no gusaba imbabazi igihe cyose hakemurwa kutumvikana hagati (...)
0 | ... | 2980 | 2990 | 3000 | 3010 | 3020 | 3030 | 3040 | 3050 | 3060 | ... | 3150