Nakuriye mu muryango w’abakristo, numvaga nkunze Imana ariko maze kujya ku ishuri ntangira kwikurikiriza ibyo inshuti zanjye zakoraga, iby’Imana mbishyira ku ruhande.
Numvise ijambo ry’Imana kuva mu buto bwanjye nkahora nshaka gukurikira Yesu, ariko simenye uburyo nabyinjiramo mbese simbone itangiriro ry’uko natangirana urugendo na Kristo.
Umugoroba umwe nari ndyamye, nkangutse mfata bibiliya ntangira kuyisoma, numva ko ari cyo gihe cyanjye cyo kureka kugendera mu by’isi, numva ko ngomba (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
BuryaYesu yaza ahindura bushyashya, soma ubuhamya....
4 September 2015, by Umumararungu Claire -
Ukwiye kuba ibuye rizima rishimisha umwubatsi
9 December 2015, by Innocent KubwimanaNimumwegere ni we Buye rizima ryanzwe n’abantu, ariko ku Mana ryaratoranijwe riba iry’igiciro cyinshi, namwe mwubakwe nk’amabuye mazima kugira ngo mube inzu y’umwuka, n’ubwoko bw’abatambyi bwera bwo gutamba ibitambo by’umwuka bishimwa n’Imana ku bwa Yesu Kristo. 1Petero 2:4-5
Bibiliya iratubwiye ngo twubakwe nk’amabuye mazima kugira ngo twubake ubwami bw’Imana. Birazwi ko Yesu ari we Buye rizima,none natwe dusabwe kuba amabuye mazima, mu yandi magambo ubuzima dukura kuri Kristo nibwo dukwiye kuba (...) -
N’iki nashingiraho mpitamo uwo tuzabana?
17 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNI IKI NASHINGIRAHO MPITAMO UWO TUZABANA?
Kubaka urugo ni ikintu gikomeye mu buzima bwa muntu ndetse uko umuntu akura, kubaka urugo ni imwe mu ntego nyamukuru aba afite mu buzima bw’ejo hazaza.Umusore aribaza ati “Ese nzashaka umugore umuze ute?”ndetse n’umukobwa akibaza ati “Ese nzashaka umugabo umeze ute?” Hari ababura amahitamo bakajarajara mu rukundo kuko nta murungo hame wo kubaka urugo baba barihaye. Pasteur Desire HABYARIMANA avuga ko kubaka urugo bibanzirizwa n’amahitamo y’uwo muzabana (...) -
Kuki abapasiteri batinya kubwiriza ku bwami bwo mu ijuru?
8 July 2013, by Simeon NgezahayoAbanyeshuri n’abanditsi bavuga ko itorero ridakunze kwigisha abantu iby’ijuru, bakibaza impamvu.
N’ubwo hariho ibitabo byinshi bivuga iby’urupfu nka Proof of Heaven cyihariye ibyumweru bigera kuri 27 ari icya mbere ku rutonde rwakozwe n’ikinyamakuru The New York Times, na 90 Minutes in Heaven cyagurishijweho ibigera kuri miliyoni 5, abanyeshuri na bamwe mu bapasiteri batangarije urubuga CNN Belief Blog ko amatorero adakunze kwigisha ku ijuru. Bamwe bavuze ko ijuru ritakivugwa mu mahugurwa, ubu (...) -
Choral Betiphage yagabiwe inka 7 ihabwa n’amafranga miriyoni imwe n’amaganabiri y’u Rwanda.
28 August 2013, by UbwanditsiKuri cyumeru gishize Choral betiphage ibarizwa ku umudugudu wa Betifague mu itorero rya ADEPR Gisenyi mu karere ka rubavu yashyize ahagaragara Album yayo y’amashusho mu igiterane cyahuje abantu beshi maze nyuma y’ijambo ry’Imana ryigishijwe na Pastor Jean Claude Iyakaremye habaho gahunda yo guhesha umurimo w’Imana agaciro hagurwa DVD maze bamwe mu baterankunga b’iyi korari bayigabira inka abandi batanga amafranga mu rwego rwo gukomeza gushyigikira iyi korari ndetse no gushesha agaciro umurimo (...)
-
Niyo gusa ibasha guhindura umubabaro wawe mo ishimwe
8 April 2016, by Ernest RutagungiraUmunsi Elukana yatambaga ibitambo, yendaga imigabane akayiha umugore we Penina, n’abahungu be n’abakobwa be, ariko Hana yamuhaga ibiri kuko yamukundaga, ariko rero Uwiteka yari yamuzibye inda ibyara. Kandi mukeba we yajyaga amubabaza cyane akamutera agahinda, kuko Uwiteka yari yamuzibye inda ibyara……… Bukeye bazinduka kare mu gitondo bajya imbere y’Uwiteka barasenga, barangije basubira iwabo basohora mu rugo rwabo i Rama. Maze Elukana aryamana n’umugore we Hana, Uwiteka aramwibuka. Igihe gisohoye (...)
-
Ijambo ry’ Umunsi
23 February 2014, by Ubwanditsi“Nzi yuko ushobora byose, Kandi nta kibasha kurogoya imigambi yawe yose.” (Yobu 42:2)
-
Itorero "The Richmond Outreach Center (ROC)" ryahagaritse Abapasiteri baryo 4 bakurikiranyweho ibyaha byo gufata Abakristo ku ngufu
17 June 2013, by Simeon NgezahayoItorero “The Richmond Outreach Center (ROC)” ryo muri Leta ya Virginia ryemeye icyemezo Abapasiteri 4 bafashe cyo kwegura mu mirimo yabo. Muri bo harimo Pasiteri washinze iri torero, na bagenzi be batatu. Mu bindi aba bapasiteri baregwa harimo guhakana ibyaha byabahamye mu minsi yashize.
Nyuma y’inama yagutse yakozwe mu cyumweru gishize, ubuyobozi bw’itorero bwatangaje ibikurikira: “dushingiye ku cyemezo cyumvikanyweho n’ubuyobozi… twemeje ko Pastor Geronimo Aguilar, Pastor Jason Helmlinger, (...) -
Ijambo ry’ umunsi
11 May 2013, by UbwanditsiUnyereke ikimenyetso cy’ ibyiza, kugira ngo abanyanga bakirebe bamware, kuko wowe Uwiteka untabaye ukamara umubabaro. Zaburi 86:17
-
“Uri nde ucira umugaragu w’abandi urubanza?” Abaroma 14:4
30 August 2012, by Umugiraneza EdithNuko rero noneho abari muri Kristo Yesu nta teka bazacirwaho. Bibiliya itubwira kenshi ko Imana yacu ari inyembabazi kandi ko imigambi idufitiye atari imibi, ahubwo ari imyiza.
Yesu ashimwe cyane. Muri ibi bihe Abakristo dusigaye dusayisha kurusha abapagani. Imana iherutse kungenderera integeka gusengera umuntu ntatekerezaga ko yambwira, irambwira ngo "Mwana w’umuntu, uri nde ucira ho iteka uwo utaremye?" Naguye mu kantu, Umwuka w’Imana akomeza kunganiriza ambwira ko abana b’abantu twakuye (...)
0 | ... | 2990 | 3000 | 3010 | 3020 | 3030 | 3040 | 3050 | 3060 | 3070 | ... | 3150