Data Innovation Center ni ikigo kimwe mu bafatanya bikorwa ba sosiyete y’itumanaho ikorera mu Rwanda MTN cyafunguye amashami mu intara zose z’igihugu mukugaragaza imbaraga z’iyi sosiyete cyane cyane kubakoresha urubuga rwa internet nka twitter, Gmail, yahoo, Facebook…kikaba gifite Cyber Café hirya no hino mu gihugu.
Nyuma yo kubona umuhanzi w’umucuranzi akaba n’umunyamakuru FRERE Manu ku byapa byamamaza iki kigo twagize amatsiko yo kuganira nawe dore ko bidasanzwe mu bahanzi baririmba Gospel (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Ntibisanze muri muzika ya gospel mu Rwanda kubona abahanzi bamamariza amasosiyete!
22 January 2013, by Ubwanditsi -
Ubuhamya : Uko Kristo yankijije kwikinisha
4 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUwo twise X kuko atashimyeko amazina ye atangazwa yaduhaye ubuhamya uko Imana yamukijije icyaha cyo kwikinisha kurikira ubuhamya.
Uko natangiye kwikinisha.
Mu mwaka wa 2011 niga mu mwaka wa gatanu wisumbuye narebaga amashusho y’urukozasoni cyane. Narinsanzwe nyareba ariko byarushijeho icyo gihe. Uko narebaga ayo mashusho yatumaga ngira irari ry’ubusambanyi ryinshi muri jye. Maze ndagenda nonekara mu mutwe cyane maze ibyo ntekereza byose nkabitekerereza mu irari ry’ubusambanyi. Nareberaga (...) -
Iyaba byashobokaga ubutumwa bwiza bw’ijambo ry’Imana bwajya butangirwa no mu tubari kugira ngo abakiri mu byaha babivemo bakire agakiza.
20 August 2012, by Emmanuel KANAMUGIREItorero rya ADEPR mu Karere ka Nyanza ryahereye umubatizo abayoboke baryo muri piscine y’akabari ka Dayenu Hotel tariki ya 17 Kanama muri uyu mwaka.
Amakuru dukesha Kigali today avuga ko abahawe umubatizo uko ari 50 kimwe n’abari babaherekeje muri uwo muhango bari bazengurutse ubwogero bwa “Dayenu Hotel” baririmba indirimbo zihimbaza Imana muri icyo gikorwa cyo kugera ikirenge mu cya Yesu.
Mu gihe ibyo byakorwaga abanywi nabo bari mu nkengero z’iyo piscine bifatira ku binyobwa bisembuye, (...) -
Mwirinde mu rugendo!
23 May 2016, by Pastor Desire HabyarimanaEfeso 5:15-17 Nuko mwirinde cyane uko mugenda mutagenda nk’ abatagira ubwenge, ahubwo mugende nk’ abanyabwenge, mucunguze uburyo umwete kuko iminsi ari mibi.
Intego y’ iri jambo: Mwirinde murugendo. Abantu beshi bari murugendo rujya mw’ ijuru, nabatajya mw’ ijuru barajya iwabo h’ iteka kuko mw’ isi twese turi abagenzi tuzayivamo ahubwo ikibazo uru rugendo turimo turugendamo dute?
Yesu yaravuze ko ariwe nzira n’ ukuri n’ ubugingo kandi birumvikana niwe nzira abazayigendamo mukuri bazabona ubugingo (...) -
Ndi hano nimunshinze imbere y’Uwiteka!
31 May 2016, by Alice Rugerindinda“Muzi yuko nagenderaga imbere yanyu, uhereye mu buto bwanjye kugeza ubu. Ndi hano nimunshinze imbere y’Uwiteka, n’imbere y’uwo yimikishije amavuta. Mbese hari uwo nanyaze inka ye cyangwa hari uwo nanyanze indogobe ye! Ninde nariganije ibye? Ninde nahase? Cyangwa ninde natse impongano ikampuma amaso, ngo mbibarihe. Baramusubiza bati: “Ntabwo waturiganije, kandi ntabwo waduhase, nta nicyo wanyaze umuntu wese” ! Samuel 12 : 2-4
Ubu buhamya burakomeye! Abazi amakuru ya Samuel , nyina yamujyanye (...) -
Kugira wa mutima wari muri Kristo Yesu/ Ev.Ernest (Bujumbura)
29 July 2015, by Innocent KubwimanaNdabaramukije mu izina rya Yesu, nongera kubatumirira kuri aya mazimano y’Umwami. Jewe nitwa Ernest ndi umukozi w’Imana atuye i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi. Murambabarira gose iki kirundi kiza kubagora gusoma ku batakizi ariko Umwuka arabasobanurira mu izina rya Yesu.
Dusangire ijambo rivuga ngo" Mugire wa mutima wari muri Kristo Yesu"Abafilipi 2:5.
1. Buriya naho tubona abantu baremye kumwe kandi bafise ingingo zimwe z’umubiri buriya baratandukanye. Hariya umuntu bamubajije ngo umuntu (...) -
Ubwami bw’ Imana. Pasitori UWIMANA Daniel
21 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO : UBWAMI BW’IMANA
Aha turi ni mu bwami bw’Imana nubwo hitwa mu Gakinjiro ariko aha ni mu bwami bw’Imana, Bibiliya ivuga ngo aho babiri cyangwa batatu bateraniye mba ndi kumwe nabo. Igihe cyose tuzaba tukiri mu isi dusengera aha hantu ni mu bwami bw’Imana. Niyo mpamvu bibiliya ivuga ngo guhungira ku Uwiteka kugira umumaro kuruta kwiringira amaboko y’abantu. Ejo twaganiriye muri Matayo 6:5-13, Yesu yavuze ngo nimujya gusenga mujye muvuga ngo ubwami bwawe buze.
Iyo abantu bari mu mibabaro (...) -
Mbese wamenye Isabato nyakuri?
27 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIjambo ry’Imana: Luka 6:1-6:10
Iki cyigisho kigizwe n’amagambo atatu makuru : Isabato, Ikiruhuko na Kristo
Uyu munsi turi gusoma mu Butumwa bwiza, aho Yesu Kristo yivugiye ubwe ati: “Ni jye Mwami w’Isabato”. Mbese ibi bisobanuye iki?
Mbere yo gusubiza iki kibazo, reka tubanze dusome ijambo ry’Imana kuko ibyanditswe ari byo bisobanura ibyanditswe! Bumbura Bibiliya yawe mu butumwa bwiza uko bwanditswe na Luka 6, usome kuva ku murongo wa 1 ugeze kuwa 10.
Mbese Yesu yari ashatse kuvuga iki mu (...) -
Uburyo bwiza bwo gukemura amakimbirane mu bubatse ingo. (igice cya 2)
25 March 2014, by Pastor Desire Habyarimanauburyo bwiza bwo gukemura amakimbirane.
Ni uburyo bwiza bwo gukemura amakimbirane binyujijwe mu mishyikirano.
Intambwe z’ ingenzi mu gukemura amakimbirane hakoreshejwe ugushyikirana :
Kugaragaza ikibazo (impamvu y’amakimbirane) ; Gusesengurira hamwe ikibazo ; Kurebera hamwe impamvu z’ ikibazo ( nyirabayazana) ; Gushaka ibisubizo bishoboka ; Guhitamo igisubizo kirusha ibindi kuba cyiza ; Kwigira hamwe uko umwanzurowashyirwa mu bikorwa ; Guhora musuzuma niba umwanzuro mwafashe ubateze (...) -
Ndahamya ko Umwami wanjye atanga ubwenge kuko ubwo nari umuswa namusabye ubwenge arabumpa
12 October 2012, by UbwanditsiNitwa MUSABYEMARIYA Immaculee, navukiye mu Karere ka Nyamagabe mu cyahoze ari Komine MUSEBEYA mu mwaka wa 1975, ubu nkaba ntuye mu karere ka Ruhango kuko ariho nashatse.Ubuhamya bwanjye buravg auko Yesu yangiriye neza mu buryo bwo guhindura ubwenge bucye navukanye.
Natangiye kwiga amashuri abanza niga ndi umuswa,ibyo biakababaza ababyeyi banjye cyane ariko ntibabitindeho, ndangije nakoze ikizami gisoza amashuri abanza, amanota asohotse nsanga natsinzwe, hashize igihe ababyeyi banjye (...)
0 | ... | 2380 | 2390 | 2400 | 2410 | 2420 | 2430 | 2440 | 2450 | 2460 | ... | 3150