Umuhanzi Eddie Mico nyuma yo kwegukana Groove Awards yuyu mwaka wa 2012 ku ruhande rw’u Rwanda, no kuza ku rutonde rw’abahanzi bari guhatanira Africa Gospel Music Awards 2012, uyu muhanzi yateguye igitaramo cyo gushima Imana ku cyumweru tariki ya 29/06/2012 kuri St Etienne urusengero rwa EAR Kiyovu/Biryogo, kuva saa cyanda n’igice z’umugoroba.
Ubwo twaganirana na Eddie yadutangarije ko icyi gitaramo kiri mu rwego rwo gushima Imana no kwereka abanyarwanda bamutoye bakamuha amahirwe yo kwegukana (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Eddie Mico yateguye igitaramo cyo gushima Imana
23 June 2012, by Patrick Kanyamibwa -
Abana be bishwe kuko bagwingiye! Alice Rugerindinda
12 January 2014, by Alice Rugerindinda, Ubwanditsi“Induru yumvikaniye I Rama yo kurira no kuboroga kwinshi,Rasheli aririra abana be , yanga guhozwa kuko batakiriho” Matayo 2: 18 Kubazi izi nkuru, iki cyari igihe umwami Herode yashakaga kwica Umwami Yesu akiri uruhinja. Yohereje abajya kwica abana bose bagejeje imyaka ibiri n’abatarayigeza kugirango na Yesu apfiremo. Bageze kwa Rasheli, nubwo abana be bari barengeje imyaka ibiri, ariko mu gihagararo, uko bameze ngo basaga n’abana b’imyaka ibiri cyangwa munsi yaho, mu yandi magambo (...)
-
Urubyiruko rwo muri ADEPR Masaka rwipimishije SIDA ku bushake
2 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNk’uko biri mu mihigo ya 2015 y’urubyiryko rwo mu Itorero rya Penekote mu Rwanda, ADEPR, abasore n’inkumi 60 bo muri Paruwase ya Masaka, bipimishije ku bushake agakoko gatera SIDA, bagamije kumenya uko bahagaze.
Kuri uyu wa 1 Ukuboza 2015, ubwo Isi yoze yizihiza umunsi mpuzamahanga wo kurwanya SIDA, ni bwo urubyiruko rwo mu Itorero rya ADEPR Masaka, rwipimishije ku bushake .
Rev Pasiteri Buntu Benjamin, umushumba wa Paruwase ya Masaka mu karere ka Kicukiro, yatangaje ko n’ubwo urubyiruko (...) -
Ijambo ry’ Umunsi
25 March 2014, by UbwanditsiIkoreze Uwiteka urugendo rwawe rwose, abe ari we wiringira na we azabisohoza. Kandi azerekana gukiranuka kwawe nk’umucyo, n’ukuri k’urubanza rwawe nk’amanywa y’ihangu. Turiza Uwiteka umutegereze wihanganye, ntuhagarikwe umutima n’ubona ibyiza mu rugendo rwe, n’umuntu usohoza inama mbi. (Zaburi 37:5-7)
-
NASA yavumbuye ubutumwa bw’Imana kuri Mars
15 July 2013, by Simeon NgezahayoNASA iratangaza ko icyogajuru cyayo ‘Curiosity Rover’ cyavumbuye ubutumwa buziguye bwavuye ku Mana, bwanditswe ku bisate by’amabuye. Ibyo bisate ngo byabonetse mu buvumo bw’umugabane wa Mars.
Inkuru itangazwa n’ibinyamakuru byemewe na Leta iravuga ko ibisate bibiri binini by’amabuye bingana n’inzovu nto byabonetse hasi cyane mu buvumo bw’umusozi munini wa Aeolis Mons.
ku gisate kimwe hari handitsweho amategeko icumi, handitsweho n’amagambo aboneka muri Yohana 3:16. Aya magambo ngo yari yanditswe (...) -
Uko uri kose, icyo uricyo cyose, aho uri hose wakagiriye abandi umumaro. Kagambirwa Claudine
3 April 2014, by Claudine KAGAMBIRWAIyo umuntu avuze kugirira abandi umumaro abenshi bumva ibintu cg amafaranga, ariko nawe ubwawe uri uw’agaciro ku buryo hari icyo wamarira abandi hatagendewe ku bintu n’ubwo nabyo ari ingenzi. Bibiliya ibivuga neza ngo ariko mwebweho muri ubwoko bwatoranijwe, abatambyi b’ubwami kugira ishyanga ryera n’abantu Imana yaronse, kugira ngo mwamamaze ishimwe ry’Iyabahamagaye, ikabakura mu mwijima ikabageza mu mucyo wayo w’itangaza (1Petero 2:9).
Mwene data Imana yagushyize aho uri kugira ngo uhabyaze (...) -
Hariho abantu koko bazi guha agaciro ijambo bavuganye n’Imana!
29 March 2016, by Alice RugerindindaNuko Yefuta ahiga Uwiteka umuhigo ati “ Nungabiza Abamoni, ngatabaruka amahoro mvuye kubatsinda, ikizabanza gusohoka imbere y’umuryango w’inzu yanjye kunsanganira, kizaba icy’Uwiteka. Nanjye nzagitangaho igitambo cyoswa.” Abacamanza 11: 29
Bibiliya itubwirako Yefuta yari mwene Gileyadi, ngo nyina akaba yari indaya, ariko nubwo yavutse muri ubwo buryo, ntibyamubujije kuba umutware w’Abisirayeri ,kandi ntibyabujije Imana kwita ku isengesho rye. Imana ishimwe cyane
Yefuta ngo amaze guhiga, (...) -
Kubakwa n’Imana. Pasteur Desire Habyarimana
4 July 2013, by Pastor Desire Habyarimana“Namwe mwubakwe nk’ amabuye mazima kugira ngo mube inzu y’ Umwuka n’ ubwoko bw’ abatambyi bwera bwo gutamba ibitambo by’ Umwuka bishimwa kubwa Yesu Kristo-1Petero 2:4-5
1.Imana ifite umugambi mwiza wo kutwubaka mu mwuka no mu buzima busanzwe.
Murabizi ko iyo bubaka babanza gutegura aho bazubaka bagasiza ikibanza, natwe hari ibyo Satani yari yarubatse bigomba kubanza gusenywa; ibyo ni ingeso za kamere(Abagalatiya 5:19-21). Kugira umuntu akire kamere y’ umubiri agire imbaraga z’ Umwuka n’ imbuto (...) -
Imbaraga z’amasengesho… ! – Jeremy
5 August 2013, by Simeon Ngezahayo“Icyo muzasaba Data cyose mu izina ryanjye nzagikorera kugira ngo Data yubahirizwe mu Mwana we” Yohana 14:13.
Munyemerere mbahe ubuhamya bwanjye, mbabwire uburyo navuye mu bubata mbifashijwemo na Yesu Kristo Umukiza wanjye wenyine. Nizeye Yesu Kristo ubwo ibitekerezo byari byarandenze, ngeze aho gutekereza kwiyahura.
Maze kurambirwa ubuzima nari mbayemo, nasenze Imana ndayibwira nti “Mana, ubasha kunkiza.” Maze gusenga ntyo, Imana yahinduye ubuzima bwanjye bwose. Ubu mfite ibyiringiro, (...) -
Urashaka ko Imana igutuma?
23 October 2015, by Innocent KubwimanaYesaya 6:1-12
Abantu benshi bakunda gusenga bakoresha ijambo ngo Mana ntuma aho ushaka hose ndajyayo,Kandi rwose baba bamaramaje bumva koko bakeneye gutumwa, n’Imana nayo ikeneye abo gutuma ariko hari icyo bisaba kugira ngo uhinduke intumwa.
Uyu mugabo Yesaya yari umuhanuzi ukomeye cyane yahanuye ibintu byinshi bitandukanye kandi biranasohora, ariko mu mwaka umwami Uziya yatanzemo nicyo gihe Yesaya yabonye Imana ngo yari yicaye ku ntebe y’ubwami ndende ishyizwe hejuru,igishura cyayo gikwira (...)
0 | ... | 2430 | 2440 | 2450 | 2460 | 2470 | 2480 | 2490 | 2500 | 2510 | ... | 3150